Inkuru Nyamukuru

MONUSCO yababajwe n’icyemezo cyo Kwirukana Umuvugizi wayo ku butaka bwa Congo

Ingabo zishinzwe kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa Congo, MONUSCO zasohoye itangazo ririmo

Doze ya kabiri ishimangira y’urukingo rwa Covid-19 igiye gutangwa ku bakuze

Abanyarwanda bamaze amezi ane bahawe doze ya mbere y’urukingo rushimangira rwa Covid-19

Abahanzi bo mu Rwanda bashyiriweho irushanwa rizazenguruka igihugu

Mu Rwanda hagiye kubera irushanwa ngarukamwaka ry’umuziki rifite intego yo gushyigikira abanyempano,

Muhanga: Ifumbire y’ivu n’amaganga iratanga umusaruro ku bahinzi bayikoresha

Bamwe mu bahinzi bo mu Murenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga,

Ikiganiro cyihariye: Icyo impuguke mu buzima ivuga ku kujya muri Coma

Dr Anicet Nzabonimpa, Umuganga w’inzobere n’umushakashatsi ku buzima bw’abantu yasobanuriye  UMUSEKE igihe

Raporo y’ibanga ya UN itunga agatoki ingabo z’u Rwanda n’iza DR.Congo

Kuri uyu wa Kane, amakuru ari muri raporo y’impuguku z’Umuryango w’Abibumbye, bivugwa

Umukobwa yategereje umuhungu bari gusezerana ku Kiliziya aramuheba

Gisagara: Umukobwa wo mu Murenge wa Mukindo mu Karere ka Gisagara yategereje

Juvénal yakuriye Abayovu inzira ku murima kuri Emmanuel Okwi

Perezida wa Kiyovu Sports, Mvukiyehe Juvénal, yemeje ko ibiganiro na rutahizamu Emmanuel

U Rwanda ruzasobanura uko Rusesabagina yafashwe mu buryo bukurikije amategeko

Umwe mu bashyitsi bakomeye ku isi mu Cyumweru gitaha azasura u Rwanda,

Igitangaza! i Rwamagana bemeza ko umuntu wabo yapfuye akazuka!

*Impuguke mu by'Ubuzima yemeza ko "atapfuye ahubwo ko yagiye muri koma" Bamwe

Kiyovu yazanye rutahizamu ukomoka muri Afurika y’Epfo

Rutahizamu ukomoka muri Afurika y'Epfo no muri Algéria, Riyaad Norodien, yageze mu

Ingabo z’u Rwanda zagize uruhare mu kubohoza abaturage 600 bafashwe n’ibyihebe

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa budasanzwe mu gihugu cya Mozambique, zatangaje

NYAMASHEKE: Bafite impungenge z’ikiraro gishobora gushyira ubuzima bwabo mu kagaga

Abakoresha ikiraro cya Kamiranzovu kiri ku Ruzi rwa Kamiranzovu ahazwi nko kwa

Kamonyi: Abajyanama bahawe umukoro wo kurandura ibibazo bibangamiye abaturage

Abagize Inama Njyanama y'Umurenge wa Kayenzi mu Karere ka Kamonyi babwiwe ko

Rubavu: Abantu bane byemejwe ko bapfiriye mu mpanuka y’imodoka iheruka kuba

Impanuka y'imodoka iheruka kubera mu Karere ka Rubavu ku wa Kabiri w'iki