Ubutabera

Bibiliya Ntagatifu mu ntoki, Karasira bita Prof. Nigga yitabye Urukiko, asaba kuvurwa “uburwayi bwo mu mutwe”

Aimable Karasira Uzaramba wahoze wigisha muri Kaminuza y'u Rwanda, yasabye kubanza akavuzwa

Ubunyamaswa: Akurikiranyweho kwica umwana we urw’agashinyaguro

Kirehe: Umugabo uri mu kigero cy’imyaka 35 y’amavuko yatawe muri yombi akekwaho

UPDATED: Prince Kid ngo “yahimbiwe ibyaha kugira ngo bamwambure irushanwa rya Miss Rwanda”

Kuri uyu wa Gatanu Urukiko Rukuru rwatangiye kuburanisha ubujurire, mu rubanza Ubushinjacyaha

Jenoside: Mico woherejwe na Sweden arasaba kuburana ari hanze

Micomyiza Jean Paul alias Mico we n'ubwunganizi bwe barasaba urukiko ko yakurikiranwa

Sankara na bagenzi be bagiye gukamurwamo ubunyeshyamba

Nsabimana Callixte uzwi nka Sankara na bagenzi be 19, bajyanywe mu kigo

HUYE: Polisi ifunze Gitifu wagonze abaturage yahaze ibisindisha

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Mukindo mu Karere ka Gisagara, Tumusifu Jérôme afungiwe

“Nimundekura nzibagirwa kunenga Politiki z’u Rwanda”, byinshi ku mbabazi zahawe Rusesabagina

Mu masaha y'ikigoroba Minisiteri y'Ubutabera yemeje ko Perezida Paul Kagame yababariye abagororwa,

Ruhango: Umugore arakekwaho gutera umugabo we icyuma mu mutima

Umugore witwa Uwingabire Thacienne wo mu Karere ka Ruhango, akurikiranyweho kwica umugabo

Urukiko rwarekuye by’agateganyo Tuyizere Thaddée wayoboye Kamonyi

Urukiko rw'ibanze rwa Gacurabwenge rwarekuye  Tuyizere Thaddée wayoboye Akarere ka Kamonyi n'abagenzi

Mu ruhame umuzamu warindaga ISAR Rubona yashinje Dr. Rutunga Venant

Umutangabuhamya wo ku ruhande rushinja wari umuzamu mu kigo cya ISAR Rubona,

RIB yafashe ukekwaho gushishikariza abandi gusambanya abana

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyha, RIB rwataye muri yombi Evariste Tuyisenge wiyita NTAMA W’IMANA

UPDATE: Abakozi bakomeye mu Turere twa Nyanza na Gisagara batawe muri yombi

UPDATE: Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, rwavuze kuri Twitter ko rwafunze abakozi 5 b’Uturere

Gufungura Paul Rusesabagina, “hatewe intambwe ikomeye mu biganiro”

Perezida Paul Kagame mu kiganiro n'ikinyamakuru Semafor yatangaje ko hari ibiri gukorwa

Urubanza rwa Nshimiye Joseph rwasubitswe bwa Kabiri

Mu gihe hari hategerejwe Urubanza rwa Nshimiye Joseph na Barahinduka Serge rwo

Nyanza: Umwana w’imyaka 8 yabwiye mwarimu uko yasambanyijwe n’umusore

Umusore w'imyaka 18 yatawe muri yombi akurikiranyweho gusambanya umwana w'imyaka 8 nyuma