Uncategorized

Serumogo Ally yaba yarakinnye umutwe Rayon Sports?

Nyuma yo kumurekura adasoje amasezerano y’imyaka ibiri yari yarasinye muri Kamena 2025, Serumogo Ally wakiniraga Rayon Sports yahise yerekeza muri…

AS Kigali yagurishije abakinnyi babiri muri Police FC

Abakinnyi babiri bakiniraga AS Kigali, Isaac Ezeh ukina mu bwugarizi na Rudasingwa Prince ukina mu busatirizi, bagurishijwe muri Police FC…

Ruhago y’Abagore: Ihirwe Régine yongeye gutakambira FERWAFA

Myugariro w’ikipe y’Igihugu y’Abagore y’Umupira w’Amaguru uherutse kugurwa na Rayon Sports WFC, Ihirwe Régine, yongeye kwandikira Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu…

Imikino y’Abakozi: RDB mu zihabwa amahirwe yo kwegukana Igikombe

Mu gihe imikino ya Shampiyo na y’Abakozi itegurwa n’Ishyirahamwe ritegura iyi mikino igeze aho rukomeye, imwe mu makipe yo kwitondera…

Ingabo zoherejwe muri Jamaica zatangiye imirimo yo gusana ibyangijwe n’ibiza

Itsinda ry’abahanga mu bwubatsi mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) bafatanyije n’abo mu Ngabo za Jamaica (JDF), batangiye ku mugaragaro imirimo…

Uwanze igitego cya APR FC yafatiwe ibihano

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko ryafatiye ibihano umusifuzi wo ku ruhande, Jabo Aimé Aristote uherutse kwanga igitego…

- Advertisement -
Ad image