Ange Eric Hatangimana

1041 Articles

Ibaruwa ifunguye – Abadepite bagiriye inama Tshisekedi ku kibazo cya M23

Barasaba ibintu icyenda …. Abadepite bo muri Kivu ya Ruguru bandikiye Perezida Felix Tshisekedi bamusaba gukemura ikibazo cy’umutekano muke muri…

U Rwanda rwasabye amahanga kotsa igitutu Congo ikiyambura FDLR

Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rijyanye n’ibimaze iminsi bikorwa ngo ikibazo cy’umutekano muke mu burasirazuba bwa Congo gikemuke, yavuze ko…

Nyaruguru: Uwahoze mu buyobozi bw’Akarere yakatiwe igifungo adahari

Urukiko Rukuru urugereko rwa Nyanza rwakatiye igifungo Uzarazi wari ushinzwe ubuzima icyarimwe akanakurira akanama k'amasoko, akatirwa ntiyari ahari. Umucamanza yafashe…

Gisagara: Imodoka yatwaye ubuzima bw’umwarimu

Umwarimu wigishaga mu kigo giherereye mu murenge wa Musha, yapfirie mu mpanuka y'imodoka yagonze igare. Nyakwigendera yitwa Hatangimana James w'imyaka…

Perezida Kagame yishimira ko icyizere cy’ubuzima ku Banyarwanda kiri hejuru

Mu ijambo rifungura Inama y'Igihugu y'Umushyikirano, Perezida Paul Kagame yagarutse ku byagezweho bikubiye muri raporo yasomwe na Minisitiri w'Intebe avuga…

Abanyeshuri bo mu bihugu 15 biga muri Ines Ruhengeri bamuritse imico y’aho baturuka

Abanyeshuri biga mu Ishuri Rikuru ry’Ubumenyingiro rya Ines Ruhengeri baturuka mu bihugu 17 harimo n’icy’I Burayi bamuritse imico y’ibihugu baturukamo…

U Rwanda rwagumye ku murongo warwo ku ntambara ibera muri Ukraine

Ibihugu bya Africa byagaragaje ko byinshi bidashyigikiye intambara Uburusiya bwasoje kuri Ukraine ubu ikaba imaze umwaka wose. Africa ifite ibitekerezo…

Europa League: Arsenal na Manchester United zamenye amakipe zizakina

Imikino igeze muri 1/8 cy’irangiza mu irushanwa rya Europa League, Manchester United izasubira muri Espagne nyuma yo gukuramo Barcelona, naho…