Abivuriza mu Bitaro bya Remera Rukoma baravuga ko bishaje kandi bitakijyanye n'igihe, bagasaba Leta ko yabafasha kubisana. Inyubako z'aho Ibitaro…
Guverineri w’Intara y’Amajayepfo,Kayitesi Alice, yatangaje ko Leta yahaye abahinzi ibiro by'ifumbire birenga ibihumbi 300 ku buntu. Ibi Guverineri Kayitesi yabivugiye…
Ruhango: Umugabo witwa Mporwiki Isaac yatawe muri yombi akekwaho kwica imbwa ya mugenzi we, abaturage bakavuga ko yayiriye. Mporwiki Isaac…
Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwafunze abayobozi barindwi (7) bakurikiranyweho kunyereza amafaranga y’ingurane yari agenewe abaturage bo mu Karere ka Rulindo,…
MUHANGA: Sosiyete ishinzwe Ingufu (REG) yatangiye kurandura inkingi zitwara insinga z'amashanyarazi yari imaze umwaka ishinze muri Muhanga, ngo ni ukugira…
Ubwo hasozwaga ukwezi kwahariwe Ubuzima bwo mu mutwe, Haragirimana Claver uyobora Ishyirahamwe ry'abafite ibibazo bwo mu mutwe mu Rwanda, yagaragaje…
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Muhanga yarashe umugabo bikekwa ko ari igisambo amaze gupakurura imifuka ya Kawunga mu…
Bamwe mu barezi bigisha ku Rwunge rw'Amashuri rwa Gitarama, baranenga Ubuyobozi bw'iri Shuri kubakuriraho ifunguro bafatiraga ku ishuri, bakavuga ko…
Ruhango: Umugabo witwa Bimenyimana uri mu kigero cy’imyaka 46 y’amavuko, arembeye kwa muganga nyuma yo gusanga umukobwa we asambana agafata…
Ubuyobozi bw'Akarere ka Muhanga bwasabye ababyeyi ndetse na Sosiyete nyarwanda kudatererana abafite uburwayi bwo mu mutwe kuko ari abantu nk'abandi.…
Sign in to your account