Elisée MUHIZI

431 Articles

Muhanga: Umunyamakuru arashinja ikigo cy’ubucukuzi kumukorera ibikorwa by’ubugome

Umunyamakuru Munyentwari Jerôme arashinja Kampani y'ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro kumuhohotera,ikamwambura,ikamena n’ibikoresho by'akazi ikaba ibifatiriye kugeza ubu. Munyentwari Jerôme Umunyamakuru   w'igenga ufite …

RCA igiye kuvugutira umuti inyereza ry’umutungo w’amakoperative

Ubuyobozi bw'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe guteza imbere amakoperative (RCA) buvuga ko hagiye kujyaho Ihuriro rifite ububasha mu gukumira inyereza ry'Umutungo w'abanyamuryango.…

Umushoferi wa Sosiyete y’Abashinwa yashatse guhitana mugenzi we

Ngororero: Umushoferi wa sosiyete y’Abashinwa ikora imihanda, Hunan Road & Bridge Construction CO. Ltd yashatse guhitana mugenzi we amugongesheje imashini…

Nyanza: Barasaba gukurikirana ukekwa kurigisa umubiri w’uwazize Jenoside

Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyanza buvuga bugiye kwiyambaza Inzego z'ubugenzacyaha kugira ngo zihate ibibazo umugabo ukekwa kurigisa umubiri w'umuntu wazize Jenoside…

Kamonyi: Barasaba ko ibitaro bimaze imyaka irenga 50 bivugururwa

Abivuriza mu Bitaro bya Remera Rukoma baravuga ko bishaje kandi bitakijyanye n'igihe, bagasaba Leta ko yabafasha kubisana. Inyubako z'aho Ibitaro…

Amajyepfo: Leta yahaye abahinzi  ifumbire y’ibiro birenga ibihumbi 300

Guverineri w’Intara y’Amajayepfo,Kayitesi Alice, yatangaje ko Leta yahaye abahinzi ibiro by'ifumbire birenga ibihumbi 300 ku buntu. Ibi Guverineri Kayitesi yabivugiye…

Umugabo arakekwaho kurya imbwa y’umuturanyi we

Ruhango: Umugabo witwa Mporwiki Isaac yatawe muri yombi akekwaho kwica imbwa ya mugenzi we, abaturage bakavuga ko yayiriye. Mporwiki Isaac…

RIB ifunze itsinda ry’abayobozi bakekwaho kurigisa amafaranga y’ingurane z’abaturage

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwafunze abayobozi barindwi  (7) bakurikiranyweho kunyereza amafaranga y’ingurane yari agenewe abaturage bo mu Karere ka Rulindo,…

REG iri kurandura inkingi z’amashanyarazi yari imaze umwaka ishinze

MUHANGA: Sosiyete ishinzwe Ingufu (REG) yatangiye kurandura inkingi zitwara insinga z'amashanyarazi yari imaze umwaka ishinze muri Muhanga, ngo ni ukugira…

Nyanza: Hagaragajwe ko abafite uburwayi bwo mu mutwe bashaririwe n’ubuzima

Ubwo hasozwaga ukwezi kwahariwe Ubuzima bwo mu mutwe, Haragirimana Claver uyobora Ishyirahamwe ry'abafite ibibazo bwo mu mutwe mu Rwanda, yagaragaje…