TUYISHIMIRE RAYMOND

925 Articles

Umusore yishwe n’imodoka mu buryo butunguranye

Byabereye mu Mudugudu wa Murehe, Akagari ka Miyove ho mu Murenge wa Miyove, kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2023 mu…

U Rwanda runenga abarwita Igihugu kidatekanye

 Umuvugizi wa guverinoma, Yolande Makolo yatangaje ko hari kunozwa amaserano azatuma kohereza mu Rwanda abimukira basaba ubuhungiro mu Bwongereza byoroha,anenga…

Afurika y’Epfo irasaba ICC guta muri yombi Netanyahu

Leta ya Afurika y'Epfo yasabye urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC/CPI) gusohora impapuro zo guta muri yombi Minisitiri w'Intebe wa Israel, Benjamin…

Nyarugenge: Abantu batandatu  bagwiriwe n’umukingo

Mu Murenge wa Muhima, mu Karere ka Nyarugenge, abantu batandatu basizaga ikibanza cy’ahazubakwa inyubako, bagwiriwe n’umukingo, batatu bahasiga ubuzima. Ibi…

Dr Mbonimana Gamariel  yavuze uko ‘Agacupa’ katumye agurisha utwe

Dr Mbonimana Gamariel yavuze ko nyuma yaho avuye mu Nteko Ishingamategeko ku mwanya w’Ubudepite,yari agiye guterezwa cyamunara, bituma agurisha ibibanza…

Harimo n’iyongera ‘Akanyabugabo ‘ Rwanda FDA yakuye ku isoko imiti gakondo

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura ibiribwa n’imiti (Rwanda FDA) cyakuye ku isoko imiti gakondo harimo n’ivugwaho kongera akanyabugabo mu gikorwa cy’imibonano…

Visi Perezida wa Cuba ari mu Rwanda

Visi Perezida wa Cuba, Salvador Valdes ari mu Rwanda, mu rugendo rw’akazi. Ni uruzinduko yatangiye  muri Afurika ahereye muri Ghana,…

Uwaririmbye ‘Kiradodora’ yapfuye

Umuhanzi w’Umurundi witwa Sam Overmix wamamaye mu ndirimbo ‘Kiradodora’ yamenyekanye  mu myaka ishize yaba mu Rwanda n’i Burundi, yitabye Imana…

Gare ya Musanze yafashwe n’inkongi – AMAFOTO

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere Gare ya Musanze yafashwe n’inkongi, amakuru UMUSEKE wahawe n'ababonye iyi nkongi, avuga ko…

Rutsiro: Abarezi bafata amafunguro agenewe abanyeshuri bahawe gasopo

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro bwasabye abarezi n’abandi bakozi b’ishuri bose kudafata amafunguro agenewe abanyeshuri ahubwo bagirwa inama yo gutanga umusanzu…