TUYISHIMIRE RAYMOND

925 Articles

Abasore n’abakobwa babana mu nzu imwe barakekwaho ibikorwa bibi

Abasore bane n’abakobwa bane babana mu nzu imwe mu Karere ka Muhanga, batawe muri yombi bakekwaho ubujura burimo gutobora inzu…

RDC: Mu bice birimo imirwano nta matora azaba-Tshisekedi

 Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Félix Tshisekedi yavuze ko amatora ya perezida azaba nta gisibya mu kwezi gutaha…

Abatumva ntibavuge bagorwa no kumenya ibijyanye n’ubuzima bw’imyororokere

Bamwe mu babyeyi bafite abana b’abakobwa bafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga , bavuga ko bikigoranye kuri abo bana  kumnya…

Prince Kid ari he? Kugeza ubu ntaragezwa mu igororero

Urwego rw'Igihugu rushinzwe igorora (RCS) Rwanda Correctional Services, rwatangaje ko kugeza ubu Ishimwe Dieudonné (Prince Kid) ataragezwa mu igororero iryo…

Umusirikare w’Umurundi  bivugwa ko yapfiriye muri Congo yashyinguwe- AMAFOTO

Kuri uyu wa kane mu murwa mukuru wa Bujumbura nibwo hashyinguwe umusirikare mukuru mu ngabo z’uBurundi bivugwa ko yaguye mu…

U Rwanda rwakiriye izindi mpunzi 169 zivuye Libya

U Rwanda rwakiriye abimukira 169 baturutse muri Libya bafite inkomoko mu bihugu bitandukanye birimo Eritrea, Sudani, Ethiopia, Somalia na Sudani…

Polisi yatangiye  gushyira ibyapa ku mihanda biranga ahari ‘Camera’

Polisi y’Igihugu yatagiye  gushyira ibyapa biranga ahari Camera zo mu muhanda mu rwego rwo gukuraho urujijo. Hari hashize igihe abatwara…

Ruhango : Inyama yanize umugabo

Umugabo wo mu Murenge wa Byimana, AKagari ka Mpanda mu  Karere ka Ruhango yagiye kugura inyama ,ayiriye iramuniga,birangira yitabye Imana.…

Iminyorogoto ni ifumbire n’umuti wica udukoko twangiza ibihingwa

Abashakashatsi mu buhinzi babwiye UMUSEKE ko iminyorogoto igira uruhare rukomeye mu gutuma ifumbire  y’imborera imera neza ndetse ishobora gukora ifumbire…

Perezida wa Malawi n’abagize guverinoma baretse ingendo zo mu mahanga

Perezida wa Malawi, Lazarus Chakwela yakuyeho ingendo zo mu mahanga ku bagize Guverinoma, ndetse na we ubwe , anategeka ba Minisitiri …