TUYISHIMIRE RAYMOND

926 Articles

Abiga UTB bari mu gihirahiro nyuma y’amezi atanu badakandagira mu ishuri

Bamwe mu banyeshuri biga muri Kaminuza y'Ubukerarugendo n'ikoranabuhanga, UTB, ishami rya Rubavu na Kigali mu mashami ya BBM(Business Management)na CE(…

Abakoresha permis “z’indyogo” bagiye guhigishwa uruhindu

Polisi y'Igihugu yatangaje ko igiye gukora umukwabo ku bantu bakoresha uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rwo mu mahanga ariko rw'impimbano. Ibi…

Nyampinga wihebeye ubworozi bw’ingurube yakabije inzozi

Uwimana Jeannette uherutse gutorerwa ikamba rya Miss Innovation w'umwaka wa 2022, kuri uyu Gatatu tariki ya 17 Gicurasi 2023, yakabije…

Abakozi Babiri bo muri Ambasade ya America biciwe muri Nigeria

Polisi yo muri Nigeria yatangaje ko abitwaje intwaro bagabye igitero ku modoka za Ambasade ya Amerika, kigahitana abantu bane barimo…

Umurundi ariyamamariza kuba umudepite mu Bugereki

Umurundi ufite ubwenegihugu bw'Ubugereki(Greece), Spiros Hagabimana Richard,ari  kwiyamamariza umwanya w'abagize Inteko Ishingamategeko  muri iki gihugu, yatorwa akaba umwirabura wa mbere…

Rwanda: Hatangiye umushinga wo gukora imiti n’inkingo bijya ku isoko mpuzamahanga

Ku bufatanye n'Umuryango w'Ubumwe bw'uburayi EU, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) hamwe na Minisitere y'Ubuzima, kuri uyu…

Gatsibo: Ukekwaho ubujura yapfuye urupfu rutunguranye  

Umugabo witwa Mukunzi Daniel w'imyaka 25 wo mu Murenge wa Ngarama, mu Karere ka Gatsibo, yakubiswe n'abaturage kugeza apfuye nyuma…

UPDATED: Abakozi 5 b’Akarere ka Rutsiro barafunzwe bazira “kwiba imfashanyo y’imyambaro”

Abakozi ba tanu (5) bakora mu karere ka Rutsiro bafunzwe bakekwaho kwiba imyambaro yagenewe gufasha abagizweho ingaruka n’ibiza. Rwanda News…

Umuforomo afunzwe akekwaho uruhare mu rupfu rw’umunyeshuri

Musanze: URwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha,RIB, rwataye muri yombi Animatrice witwa Nyiramugisha Jeanne usanzwe ari umuforomo muri Ecole des Sciences de Musanze,…

Bavuga ko umuntu atuye mu manegeka ryari? 

Kuri ubu mu bice bitandukanye by'umujyi wa Kigali hakomeje ibikorwa byo kwimura abaturage batuye ahantu hashyira ubuzima bwabo mu kaga.…