Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyaruguru bwahawe amabati 200 n'itorero rya EAR (Eglise Anglican au Rwanda) yo kugoboka imiryango iheruka gusenyerwa n'ibiza.…
Kayonza: Abagabo babiri bishwe n'abantu bataramenyekana, ndetse batwara mudasobwa n'amafaranga, inzego zibishinzwe zatangiye iperereza. Habanabakize Innocent, Umuyobozi w'Ibikorwa (Admin) mu…
Nzigira Irenee warindaga Banki y'abaturage i Rwamagana, yishwe atewe ibyuma nk'uko ubuyobozi bubitangaza. Amakuru y'urupfu rwe yamenyekanye mu gitondo cyo…
Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA)yatangaje ko mu kugoboka abakozweho n'ibiza hamaze gukusanywa arenga Miliyoni 700Frw. Ni ubutumwa iyi Minisiteri yanyujije ku…
Itsinda rya James na Daniella ryamamaye mu ndirimo zitandukanye zihimbaza Imana ryatangaje ko ryiteguye gufasha abantu 1000 bazitabira igitaramo cyabo…
Mu Karere ka Nyaruguru hatangijwe icyumweru cy'umujyanama n'umufatanyabikorwa, Mukamuhoza Beatha ari mu baturage bahawe inzu, avuga ko ubuzima bwe bugiye…
Abahoze ari abashoferi mu bigo bya leta bibumbiye muri koperative CODACE ,( Cooperative de development Des anciens chauffeurs de l'Etat)…
Mu gitaramo cy'umuramyi Alexis Dusabe,cyabaye kuri iki cyumweru tariki ya 21 Gicurasi 2023,abana barererwa mu Kigo cya SOS village, bahaye…
Ikigo Gishinzwe Guteza imbere ikoranabuhanga (RICTA), cyatangije amahugurwa agamije kongerera ubumenyi abanyeshuri bo mu mashuri makuru na kaminuza muby'ikoranabuhanga, itumanaho…
Umuramyi Apôtre Apolinaire Habonimana ndetse na David Nduwimana wo muri Australia bamaze kugera iKigali mu Rwanda aho baje kwitabira igitaramo…
Sign in to your account