TUYISHIMIRE RAYMOND

926 Articles

Ngoma: Bambukira mu bwato bwashyira ubuzima mu kaga

Abakoresha ikiraro gihuza Akarere ka Ngoma  na Bugesera  bavuga ko bafitiye impungenge ubwato bakoresha bambuka kuko ari buto kandi bujyamo…

Col Gasana Godfrey yahawe ipeti rya Brigadier general

Perezida Kagame akaba n'Umugaba w'Ikirenga w'Ingabo z'u Rwanda yazamuye mu ntera, Col Godfrey Gasana, Umugaba wungirije w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira…

Kigali: Isoko ryubakiwe abahoze ari abazunguzayi ryahiye rirakongoka -AMAFOTO

Isoko ryubakiwe abahoze bakora ubuzunguzayi riherere mu Karere ka Gasabo, umurenge wa Ndera ryahiye rirakongoka, kugeza ubu ntiharamenyekana agaciro k'ibyangiritse.…

Itariki yo gushyingura Gisimba yamenyekanye

Gahunda n’itariki yo gushyingura  Mutezintare Gisimba Damas   warokoye Abatutsi benshi akaba na Se w’imfubyi amagana yatangajwe n’umuryango we. Gisimba…

AMAFOTO: James na Daniella  basendereje ibyishimo abarenga 1000  

Itsinda ry’abaramyi  James Rugarama ndetse na Danielle Rugarama, ku mugoroba wo ku cyumweru tariki ya 4 Kamena 2023, bakoze igitaramo…

Louise Mushikiwabo yashenguwe n’urupfu rwa Gisimba  

Umunyamabanga Mukuru w'Umuryango w'Ibihugu bikoresha Igifaransa (Francophonie), Louise Mushikiwabo, yashenguwe n,urupfu rwa Mutezintare Gisimba Damas  wabaye se w’imfubyi zisaga 600 yagiye…

Abatuye  Kigali na Kamonyi bagiye kubura amazi

Ubuyobozi bw’ikigo Gishinzwe amazi ,isuku n’isukura,WASAC Ltd, cyamenyesheje abatuye mu Mirenge  imwe n'imwe yo mu Mujyi wa Kigali ndetse no…

Gisimba wabaye se w’imfubyi nyinshi yitabye Imana

Mutezintare Gisimba Damas  wabaye se w’imfubyi zisaga 600 yagiye arerera mu bihe bitandukanye mu kigo kitwa “Centre Memorial Gisimba” yitabye…

Nyaruguru: Abakoze Jenoside basangiye  umurima n’Abayirokotse

Bamwe mu bakoze Jenoside bakaza kwemera icyaha, bagasaba imbabazi, bo mu Murenge wa Ngoma,mu Karere ka Nyaruguru,kuri ubu basangiye umurima…

Museveni ntateze guhindura itegeko rihana ubutinganyi

Perezida wa Uganda,Yoweri  Museveni, yabwiye ibihugu byo mu burengerazuba bw’Isi n’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu ko  igihugu cye kidateze guhindura…