TUYISHIMIRE RAYMOND

927 Articles

 Karasira Aimable yateye utwatsi Abaganga bamusanze muri gereza ngo bamusuzume  

Umunyamategeko wa Karasira avuga yiyemerera ko atasuzumirwa indwara zo mu mutwe muri gereza Raporo y’Itsinda ry’abaganga batatu ivuga ko uburwayi…

Kamonyi: Inzu y’umuturage yahiye irakongoka ntiyagira icyo aramura -AMAFOTO

Inzu y’umuturage y’umuturage witwa Nzaramba Jean Pierre w’imyaka 45 y’amavuko, ahagana saa kumi n’imwe zo ku mugoroba wo kuri uyu…

Apostle Dr.Paul Gitwaza yohereje ubutumwa , Vice Mayor wa Bugesera arahanura, Ibyaranze igiterane cya Zion Temple Ntarama – AMAFOTO

Byari ukwandika amateka ku musozi wa Ntarama ubwo hasozwaga Igiterane “ In His Dweling” cyateguwe na Zion Temple Ntarama. Inzego…

Gahanga: Bashenguwe n’ibyabaye ku musozi wa Mwulire

Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi mu Kagari ka Nunga,mu Murenge wa Gahanga, kuri iki cyumweru tariki ya 18 Kamena 2023, basuye…

Abahinzi ba Kawa bo muri Afurika bakuye isomo ku b’iMuhanga

Abahinzi ba Kawa, icyayi n'indabo bo mu bihugu bitandukanye byo muri Afurika , basuye koperative y'abahinzi ba Kawa, Abaterankunga ba…

Uko COVID-19 yakanguye abakora umwuga w’isuzumabikorwa n’ikurikiranabikorwa

Umuryango ugamije guteza imbere umwuga wo gukurikirana no gusuzuma imishinga n’ibikorwa, Rwanda Monitoring and Evaluation organisation(RMEO), wasobanuriye abari muri uyu…

Rusesabagina yise instinzi irekurwa rye

Paul Rusesabagina wari warahamwe n’ ibyaha by’iterabwoba mu Rwanda ariko akaza guhabwa imbabazi n’umukuru w’igihugu, yavuze ko irekurwa rye ari…

M23 irashinjwa ubwicanyi no gufata abagore ku ngufu – Raporo

Umuryango Mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch,  washinje umutwe w'inyeshyamba za M23, ko ukomeje ibikorwa by’ubugizi bwa nabi…

Gatsibo: Umusaza w’imyaka 61 yasanzwe mu murima yapfuye

Umusaza w’imyaka 61 wo mu Karere ka Gatsibo,yasanzwe mu murima yapfuye, bikekwa ko yishwe n’abagizi ba nabi. Ibi byabaye ku…

U Rwanda rwakiriye izindi mpunzi 134 zivuye muri Libya

Kuri uyu wa Mbere, u Rwanda rwakiriye itsinda ry’impunzi 134  zivuye muri Libya, ni bamwe mu bimukira bava mu bihugu…