TUYISHIMIRE RAYMOND

925 Articles

Bahawe gasopo ku myigaragambyo yateguwe i Goma

Meya wa Goma, Komiseri Kabeya Makosa Francois, yatangaje ko imyigaragambyo yari iteganyijwe kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Mutarama…

Abiteguraga gusoza amasomo muri Kaminuza ya Kigali bari mu gihirahiro

Abanyeshuri barenga 1400 bo muri Kaminuza ya Kigali (UoK) biteguraga gusoza amasomo, bari mu rujijo nyuma yaho kuwa 2 Ukuboza…

M23 yavuye mu bindi bice yari yarambuye ingabo za Congo

Umutwe wa M23 kuri iki cyumweru tariki ya 15 Mutarama 2023, yavuye muri tumwe mu duce yagenzuraga muri Teritwari ya…

U Rwanda ruzayobora Inteko rusange y’Ikigo gishinzwe ingufu zisubiranya ku isi

U Rwanda rwatorewe kuzakira inteko ya 14 y'ikigo Mpuzamahanga Gishinzwe ingufu zisubiranya, (International Renewable Energy Agency, IRENA) izaba mu mwaka…

Bagiye guhemba uwabyaye, bagarutse basanga musaza we yiyahuye

Gasabo: Umusore w’imyaka 28 y’amavuko yasanzwe mu umugozi yapfuye bikekwa ko yiyahuye nyuma yo kwangirwa kujya guhemba mushikiwe wabyaye. Ibi…

Perezida Kagame yahaye ubutumwa ibihugu by’ibihangange

Perezida wa Repubuka w'u Rwanda, Paul Kagame, yibukije ibihugu byiyita ko bikomeye,bishaka gutegeka, ko bingana n'ibindi kuri iyi sanzure. Ni…

Dr Kayumba yasabiwe gufungwa imyaka 10

Kayumba Christopher, wahoze ari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, Ishami ry’Itangazamakuru, yasabiwe gufungwa imyaka 10 n’amezi atandatu kubera ibyaha akurikiranyweho…

Kigali: Byari amarira gusezera kuri Irakoze w’imyaka 12 wazize impanuka

Irakoze Ken Mugabo w'imyaka 12 uheruka , gupfira mu mpanuka y'imodoka yabereye i Rebero mu Mujyi wa Kigali, yasezeweho mu…

Zimwe mu ngamba u Rwanda rwafashe muri CHOGM zishe uburenganzira bwa muntu – Raporo

Umuryango Mpuzamahanga wita ku Burenganzira bwa muntu, Human Right Watch (HRW), muri raporo yayo ya 2022 ku burenganzira bwa muntu,…

U Rwanda na Turukiya byasinyanye amasezerano atatu y’ubufatanye

U Rwanda na Turukiya /Turkey kuri uyu wa Kane tariki ya 12 Mutarama 2023 byasinyanye amasezerano atatu y'ubufatanye ajyanye no…