Amahanga

Museveni yihanganishije Donald Trump uheruka kuraswa

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yihanganishije uwigeze kuyobora Leta Zunze Ubumwe

Batandatu basanzwe muri Hotel bapfuye

Abantu batandatu bafite ubwenegihugu bwa Vietnam,  bapfiriye muri hoteli yo mu mujyi

Liberia : Perezida yatangaje ko azagabanya umushahara we ho 40%

Perezida wa Liberia Joseph Boakai yatangaje ko azagabanya umushahara we ho 40%.

U Rwanda na Congo byagiranye ibiganiro muri Zanzibar

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe yagarutse ku biganiro byahuje intumwa z’u

AFC/M23 yashinje ingabo za Leta ya Congo kwica agahenge

Hashize igihe gito America itangaje ko impande zihanganye mu burasirazuba bwa Congo

Abasirikare 25 ba Congo bahunze M23 bakatiwe kwicwa

Abasirikare 25 b'Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, bakatiwe urwo

Kenya: Imyigaragambyo yafashe indi ntera, Polisi yifashishije imyuka iryana mu maso

 Igipolisi cya Kenya  cyarashe ibyuka biryani mu maso , yirukana abigarambya bari

Perezida Tshisekedi yategetse igisirikare kwisubiza aho M23 yafashe

Ku kibuga inyeshyamba za M23 zikomeje gufata uduce dutandukanye nyuma ya Kanyabayonga,

Ihuriro Alliance Fleuve Congo/M23 ryafashe agace ka Kanyabayonga (VIDEO)

Hari hashize igihe kigera ku byumweru bitatu ihuriro Alliance Fleuve Congo rifatanya

Abasirikare babiri ba Africa y’Epfo biciwe muri Congo

Igisirikare cya Africa y’Epfo cyemeje ko abasirikare babiri biciwe mu gitero abandi

William Ruto ntazasinya itegeko ryateye impagarara muri rubanda

Perezida wa Kenya, William Ruto yisubiyeho ku itegeko ryateye impagarara zikomeye mu

Kenya byafashe intera abantu 22 biciwe mu myigaragambyo

Ubutegetsi bwa Perezida William Ruto ntibworohewe, urubyiruko rwiraye mu mihanda rwamagana itegeko

RD Congo: MONUSCO  yashyize  Bukavu mu maboko ya FARDC

Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zikorera muri DR Congo kuri uyu wa kabiri zirafunga

Goma :  Ikirunga cya Nyiragongo cyaciye amarenga ko cyaba kigiye kongera  kuruka

Abatuye mu mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bafite

Burkinafaso yiyongereye ku bindi bihugu byaciye amashusho y’Urukozasoni

Perezida wa Burikanafaso , Ibrahim Traori ku munsi w’ejo , yafashe icyemezo