Amahanga

Uwatsinzwe amatora muri Benin yemeye ibyayavuyemo ashimira uwatsinze

Umugabo utavuga rumwe n'uwatsinze amatora ya Perezida muri Bénin, Paul Hounkpè yemeye ko yatsinzwe na Romuald Wadagni. Ni kimwe mu…

Byongeye kudogera hagati ya Iran na Amerika

Umwuka w’intambara wongeye gututumba hagati ya Amerika na Iran nyuma y’uko ibiganiro by’amahoro by’i Islamabad bikubise igihwereye. Amerika yahize kugota…

Trump yandagaje Papa Leo XIV

Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yandagaje Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatulika mu Isi, Papa Leo XIV,…

Nigeria – Habaye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi

Abanyarwanda baba muri Nigeria, abayobozi mu nzego za leta yaho n’iz’umutekano, abahagariye ibihugu byabo, abakozi b’imiryango mpuzamahanga n’inshuti bibutse ku…

Netanyahu ni Hitler wo muri kino gihe – Turukiya yakije umuriro kuri Israel

Ubutegetsi bwa Turukiya bwise Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, Adolphe Hitler w'ibi bihe, uyu akaba yarateguye akanayobora Jenoside yakorewe…

AFC/M23 yohereje intumwa mu Busuwisi, ishinja Leta ya Congo kurasa mu baturage

Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko intumwa zaryo zatangiye urugendo rujya mu Busuwisi, ahakomereje ibiganiro by'amahoro, rishinja Ingabo za Repubulika Iharanira…

- Advertisement -
Ad image