Amahanga

Igisirikare cya US kirasaba miliyari 87.6$ yo gushora mu ntambara ya Iran

Umunyamabanga wa Leta ya America ushinzwe ingabo (Minisitiri w’Ingabo), Pete Hegseth, yahaswe ibibazo na Sena ku mafaranga igisirikare cyasabye agera…

M23 yinjije abo ivuga ko ari abakomando bashya barenga 9000

Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), ku wa 20 Nyakanga 2026, ryavuze ko ryinjije…

Ibitero bya Iran byakomerekeje abasirikare ba Amerika bakabakaba 100

Ibiro Bikuru by’Ingabo za Amerika (Pentagon) byatangaje ko mu byumweru bibiri bishize, abasirikare b’iki gihugu bakabakaba 100 bakomerekeye mu bitero…

Opozisiyo yahaye Perezida Tshisekedi igihe ntarengwa

Ihuriro ry’abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, C64, ryahaye Perezida Félix Tshisekedi kugeza ku wa 15…

Bujumbura: Abantu bapfiriye mu giterane cy’amasengesho

Abantu umunani bapfuye, abandi icyenda barakomereka nyuma y’umubyigano wabereye mu giterane cy’amasengesho cyari cyitabiriwe n’ibihumbi by’abantu i Bujumbura mu Burundi,…

Andy Burnham yagizwe Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza

Andy Burnham usanzwe uhagarariye ishya ry’Abakozi, Labour Party ,yagizwe Minisitiri w’Intebe  w'Ubwongereza, asimbuye Keir Starmer weguye. Kuri uyu wa Mbere…

- Advertisement -
Ad image