Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko iki Gihugu cyahagaritse by’igihe gito ibikorwa byo guherekeza amato…
Umuryango wa Col Ruhorimbere Gapanda John, ukomoka mu bwoko bw’Abanyamulenge, urashinja igisirikare cya Congo kumushimuta, nyuma yo kumara ibyumweru bitatu…
Abatabazi bo mu muryango w’Abaganga batagira imipaka (Médecins Sans Frontières, MSF) bagabweho igitero n’abantu bambaye imyambaro y’ingabo za Congo, bafite…
Igisirikare cya Tchad cyatangaje ko igitero cyagabwe n’abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram, cyahitanye abasirikare 23 b’icyo gihugu, abandi 26…
Uganda: Urukiko rwo muri Uganda, rwakatiye Abanyarwanda babiri bagurishaga imiti ikozwe mu bimera bavuga ko ivura SIDA. Abo ni Festo…
Varisito Ndayishimiye, Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi, aravuga ko umushahara ahembwa ari intica ntikize ku buryo utabasha kumutunga we n’umuryango we.…
Sign in to your account