Amahanga

Congo: Abishwe na Ebola babaye 930

Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko abantu bamaze kwandura icyorezo cya Ebola cyo mu bwoko bwa…

AFC/M23 yashinje Loni guta umurongo

Umuyobozi wungirije w’umutwe wa AFC/M23, Bertrand Bisimwa, yanenze Umuryango w’Abibumbye (Loni) kubera ibihano wafatiye bamwe mu bayobozi b’uyu mutwe, avuga…

Undi musirikare wa Amerika yapfiriye mu gitero cya Iran

Umusirikare wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yapfiriye mu majyaruguru ya Iraq, aba uwa 17 mu basirikare b’Abanyamerika bamaze gupfa…

Museveni yasabye Ramaphosa guhagarika urugomo rukorerwa abanyamahanga

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yasabye mugenzi we wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, gufata ingamba zihamye zo guhangana n’ihohoterwa rikorerwa…

Amerika na Iran byarubiye

Imirwano hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran yarushijeho gukara, aho ibihugu byombi bikomeje kugaba ibitero ku birindiro…

Perezida Zelensky yakangaranyijwe n’ibitero u Burusiya bwagabye kuri Ukraine

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yakangaranyijwe n’ibitero bikomeye bya misile u Burusiya bwagabye ku mijyi itandukanye ya Ukraine, avuga ko…

- Advertisement -
Ad image