Amahanga

Ibitero bya ‘drones’ byishe abantu mu Mikenke

Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko indege nto zitajyamo abapilote (‘drones’) za Leta zarashe ku wa Kane no ku wa Gatanu…

Israel na Amerika byishe uwo bishinja gufunga inzira ya Hormuz

Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel byatangaje ko byishe Umugaba w’ingabo za Iran (Revolutionary Guard Corps) zirwanira mu mazi,…

Umuganga yakoze ibyo benshi “bemeza ko ari amahano”

Umuganga "Docteur David Balanganayi" wagaragaye aha ishyi umubyeyi uri mu rwererero ngo abyare yakomeje kuvugwaho cyane muri Congo Kinshasa no…

‘Drones’ 948 z’u Burusiya zamishe ibisasu muri Ukraine

U Burusiya bwakoze igitero kinini cya mbere mu kirere kuva butangije intambara kuri Ukraine muri Nyakanga 2022. Icyo gitero gikomeye…

Abarinda umugore wa Tshisekedi bashyamiranye n’abarinda “VIPs” b’u Rwanda

Washington - Umuvugizi wa Guverinoma ya Congo, akaba na Minisitiri w'Itumanaho, Patrick Muyaya avuga ko Hotel umugore wa Perezida Felix…

Iran yamaganye ibyo kuganira na Amerika

Igihugu cya Iran cyahakanye iby’uko cyaba kiri mu biganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma y’uko Perezida Donald Trump…

- Advertisement -
Ad image