Amahanga

Abantu bitwaje intwaro bateye Ikigo kirimo abarwayi ba Ebola muri Beni

Ibitaro bya Nyankunde biherereye muri Teritwari ya Irumu, mu Ntara ya Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, birimo Ikigo…

Iran yagaragaje Trump aryamye mu isanduku yapfuye

Iran yashyize icyapa kinini mu Murwa Mukuru, Tehran, kigaragaza Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, aryamye mu…

Kenya: Rurageretse hagati ya Leta n’Aba-Rasta bashaka kwemererwa kunywa urumogi

Urukiko Rukuru rwa Kenya rwatesheje agaciro ubusabe bw'Umuryango w'Aba-Rasta wasabaga ko abayoboke bawo bemererwa kunywa urumogi mu bikorwa by'idini, mu…

Abapadiri bategetswe kutarenza saa moya z’umugoroba batarataha

Musenyeri Hieronymus Emusugut Joya, Umwepiskopi wa Diyosezi Gatolika ya Maralal muri Kenya, yashyizeho amabwiriza mashya agenga imibereho n'imikorere y'abapadiri, arimo…

FARDC yikanze ko AFC/M23 yakwinjira i Kalemie muri Tanganyika

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyakajije ingamba z'umutekano mu Mujyi wa Kalemie, mu Ntara ya Tanganyika, nyuma…

Iran yakangishije gufunga izindi nzira zinyuzwamo peteroli ku Isi

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko ashobora kugaba ibitero bikomeye kuri Iran bigambiriye gusenya ibiraro…

- Advertisement -
Ad image