Amahanga

Abarwanya Congo bitwaje intwaro bahejwe mu biganiro

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yatangije gahunda y’Ibiganiro by’Igihugu bigamije amahoro, ubumwe no kuvugurura imiterere…

Ndayishimiye yashyizeho ishimwe ritubutse ku muntu uzamenya utwika amasoko

Perezida Évariste Ndayishimiye yatangaje ko Leta ayoboye yashyizeho miliyoni 500 z’amafaranga y’u Burundi ku muntu wese uzafata utwika amasoko, ko…

U Burundi bwahagurukiye inkongi z’umuriro ziri ku bwisabira

Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoranyije Inama y’Igihugu y’Umutekano yari igamije kwiga ku kibazo cy’inkongi z’umuriro zimaze kwiyongera mu bice…

Indege yarasiwe mu Minembwe

Umutwe wa MRDP-Twirwaneho ugenzura ibice binini bya Minembwe muri Kivu y’Amajyepfo washinje Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kurasa…

Imyuzure yishe abarenga 170, 1500 baburirwa irengero

Imyuzure ikomeye yatewe no kwiyongera kw'amazi biturutse ku rubura rwo mu misozi rwaguye mu nzuzi imaze guhitana abantu barenga 170…

Urugendo rw’ukuriye ubutasi bwa Amerika mu Burusiya rwakangaranyije amahanga

John Ratcliffe uyobora Ikigo cy’Ubutasi cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (CIA) yagiriye uruzinduko i Moscow mu Burusiya, mu rugendo…

- Advertisement -
Ad image