Amakuru aheruka

Muhanga: Umusore yarohamye muri Nyabarongo avanye inzoga mu kandi Karere

Umusore uri mu kigero cy'imyaka 19 yarohamye muri Nyabarongo  avuye kuzana inzoga

Depite Habineza yagaragaje impungenge ku mirimo Leta ihanga buri mwaka

Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije, Democratic Green Party of Rwanda

Min. Habyarimana Covid-19 yatumye ubucuruzi bw’u Rwanda na EAC bugabanukaho 8%

Abasenateri bagiranye ikiganiro na Minisitiri w'Ubucuruzi n'Inganda, Habyarimana Beata ku ngaruka COVID-19

Perezida Kagame arahura na Tshisekedi i Rubavu, menya impamvu y’uru ruzinduko rwabo

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu bitangaza ko kuri uyu wa Gatanu Perezida Paul Kagame

Muvandimwe wa Police FC yasezeranye n’umukunzi we mu mategeko

Myugariro wa Police FC, Muvandimwe Jean Marie Vianney uherutse guterera ivi umukunzi

Abamaze guhitanwa na Covid-19 mu Rwanda bageze kuri 402, abanduye bashya ni 883

Mu Rwanda imibare ya Minisiteri y’Ubuzima yok u wa Kane tariki 24

Ku musenyi muri Maroc abakobwa beza bakomeje gushimisha abitabiriye “Beach Volleyball”

Tariki 19 Kamena 2021 ni bwo ikipe y’igihugu mu mukino wa Volleyball

PAM yakiriye miliyoni 5.3$ azafasha kuzamura iposho rigenerwa impunzi ziri mu Rwanda

Ishami ry’Umuryango w’Abibimbye rishinzwe ibiribwa PAM  riratangaza ko kuri uyu wa Kane

Isengesho Perezida Museveni yabwiye Imana ku isabukuru y’umugore we

Uyu munsi umugore wa Perezida Yoweri Museveni yujuje imyaka 73 y’amavuko, Perezida

Umugore wakozweho inkuru ko yabyaye abana 10 ibye byamenyekanye

Zimwe mu nkuru zasomwe ku mbuga nkoranya mbaga ndetse no mu bitangazamakuru

Muhanga: Miliyoni 200Frw ategereje abo ubucuruzi bwabo bwagizweho ingaruka na COVID-19

*Amafaranga yatanzwe n’Ikigega Nzahurabukungu azagurizwa abacuruzi bishyure ku nyungu nto (8%) Ubuyobozi

Rubengera basabwe kwinjiza ibucuruzwa byabo mu nzu ngo hanze biteza umwanda, abacuruzi ntibabyumva

*Ubuyobozi buvuga ko ari mu rwego rwo kwimakaza isuku *Abaturage bo bakavuga

Rusizi: Inyigo yo kwagura Urwibutso rwa Nyarushishi yageze ku musozo

Nyuma y'aho abafite ababo bashyinguwe mu Rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rw'i

Kigali: Hoteli 13 na Resitora 40 zashyiriweho amabwiriza yihariye yo kwirinda COVID-19

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, (RDB), rwatangaje ko hoteli 13 na resitora 40 zo

Rulindo: Baratabaza inkende zo mu ishyamba rya GBK zibonera imyaka ntihagire igikorwa

Bamwe mu baturage batuye mu Murenge wa Burega mu Karere ka Rulindo