DIPOLOMASI

Perezida Kagame yahamagaye kuri telefoni mugenzi we wa Djibouti watsinze amatora

Perezida Paul Kagame yatangaje ko yagiranye ikiganiro kuri telefoni, na mugenzi we wa Djibouti Ismail Omar Guelleh watsinze amatora. Yavuze ko…

Rwanda – DRC: Intumwa zavuye muri Kivu y’Epfo zasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

Itsinda ryagutse ry'abantu bagera ku 120 baturutse mu Ntara ya Kivu y’Epfo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo,…

U Rwanda na Israel baganiriye ku mubano n’umutekano

Ibihugu by'u Rwanda na Israel byaganiriye ku mutekano uri mu bice biherereyemo ndetse n'umubano uri hagati y'ibihugu byombi, Israel yihanganishije…

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Sudan y’Epfo zatangije ibikorwa byo Kwibuka

Ingabo z'u Rwanda ziri mu butumwa bw'amahoro n'Abanyarwanda baba muri Sudani y’Epfo, zafatanyije n’abahagarariye Umuryango mpuzamahanga mu gikorwa cyo kwibuka…

Dr. Nsengiyumva yahagarariye Perezida Kagame mu irahira rya Touadéra

Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva yageze i Bangui, aho ahagarariye Perezida Paul Kagame mu muhango wo kurahira kwa Perezida watowe,…

Ba ‘Defence Attachés’ baganirijwe ku mutekano w’u Rwanda n’ uwo mu karere

Minisiteri y’Ingabo hamwe n’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bakiriye Abahagarariye mu Rwanda, inyungu za gisirikare (Defence Attachés), bagezwaho ikiganiro ku bijyanye…

- Advertisement -
Ad image