Browsing category

Imikino

Rayon y’Abagore yicira isazi mu maso yahagaritse imyitozo

Rayon y’Abagore yicira isazi mu maso yahagaritse imyitozo

Nyuma y’uko bamaze amezi atatu batazi uko umushahara usa kandi basaza ba bo bakozwe mu ntoki, abakinnyi ba Rayon Sports WFC, bahisemo guhagarika imyitozo mu gihe cyose batarahembwa. N’ubwo bamaze kwegukana igikombe cya shampiyona itaranarangira, abakobwa bakinira Ikipe ya Rayon Sports WFC, bakomeje gutaka inzara ndetse byageze aho bahitamo guhagarika imyitozo. Umwe mu baganiriye na […]

Kigali Pelé Stadium yashyizwe mu maboko ya Minisports

Kigali Pelé Stadium yashyizwe mu maboko ya Minisports

Stade ya Kigali Pelé Stadium, yagiye mu nshingano za Minisiteri ya Siporo. Ibi bikubiye mu Itangazo ryasohowe na Minisiteri ya Siporo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Mata 2025. Minisiports, yavuze ko guhera kuri uyu wa Gatatu, buri wese uzajya yifuza kugira ibyo ahakorera, agomba kujya abisabira uburenganzira muri iyi Minisiteri. Bati “Minisiteri ya […]

Hagiye gusozwa Irushanwa ry’Umunsi w’Umurimo

Hagiye gusozwa Irushanwa ry’Umunsi w’Umurimo

Irushanwa ry’Umunsi Mpuzamahanga w’Umurimo ritegurwa n’Ishyirahamwe ry’Imikino y’Abakozi mu Rwanda biciye mu bufatanye na Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (ARPST Labour Day Tournament 2025), riri kugana ku musozo. Insanganyamatsiko y’uyu mwaka, ni “Siporo, Inkingi y’Akazi Kanoze.” Ubwo iri rushanwa ryatangiraga, amakipe yabanje guhurira mu matsinda biciye mu byiciro Ibigo by’Abakozi, barimo, cyane ko hariho ibyiciro […]

Indi kipe y’i Burayi yasinye amasezerano yo kwamamaza “Visit Rwanda”

Nyuma y’izirimo Arsenal yo mu Bwongereza, biciye mu Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, ikipe ya Atlético de Madrid yo muri Espgane, yasinye amasezerano yo kwamamaza Ubukerarugendo bw’u Rwanda (Visit Rwanda). Ni amasezerano y’imyaka itatu yashyizweho umukono n’impande zombi kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Mata 2025. Umuyobozi wa RDB, Jean Guy Afrika ndetse n’Ubuyobozi bwa […]

Kiyovu Sports yasabye FERWAFA kurenganura ingimbi za yo

Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports, bwandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, busaba ko mpaga yatewe ingimbi z’iyi kipe z’abatarengeje imyaka 20, yakurwaho hagamijwe ko bahabwa ubutabera bukwiye. Mbere y’uko muri uyu mwaka w’imikino 2024-25 utangira, buri kipe ifite ingimbi zitarengeje imyaka 20, yandikiye Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda, FERWAFA, yemeza niba koko izitabira amarushanwa y’abatarengeje […]

UEFA Champions League: PSG yatsindiye Arsenal mu Bwongereza

Mu mukino ubanza wa 1/2 mu irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo i Burayi, UEFA Champions League, ikipe ya Paris Saint-Germain yatsinze Arsenal igitego 1-0 mu mukino wabereye kuri Emirates Stadium mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri. Uyu mukino wahuzaga amakipe yombi afitanye ubufatanye n’u Rwanda aho yamamaza ubukerarugendo bwarwo binyuze muri Visit […]

Hagiye kubakwa urukuta ruriho amazina y’abakinnyi bazize Jenoside

Biciye mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), hagiye kubakwa urukuta rwanditseho amazina y’abakinnyi bazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, ndetse igikorwa cyo gukusanya ayo mazina, cyaratangiye. Ibi byatangajwe na Perezida wa FERWAFA, Munyantwari Alphonse, ubwo yabitangarizaga mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, cyateguwe n’Umuryango w’abahoze […]

Gutsindwa ibitego bitanu ni ikibazo? – Gatera Moussa

Umutoza wa Rutsiro FC, Gatera Moussa ntiyumva impamvu yatumye ahagarikwa kubera ko ikipe atoza yatsinzwe na APR FC ibitego 5-0 kandi nyamara intego zikubiye mu masezerano ye ari ukugeza ikipe mu 10 za mbere. Ku wa 28 Mata 2025, ni bwo ubuyobozi bwa Rutsiro FC, bwasohoye Itangazo rivuga ko bwamaze guhagarika umutoza, Gatera Moussa n’umunyezamu, […]

Ruhago y’Abagore: Indahangarwa na Rayon Sports zigiye kongera guhura

Mu gihe irushanwa ry’Igikombe cy’Amahoro mu Bagore riri kugana ku musozo, amakipe abiri azahura ku mukino wa nyuma, yamaze kumenyekana, aho Rayon Sports WFC izacakirana na Indahangarwa WFC bahuriye ku mukino wa nyuma w’umwaka ushize w’imikino. Ikipe ya Rayon Sports WFC yo mu Nzove, yageze ku mukino wa nyuma isezereye Kamonyi WFC ku giteranyo cy’ibitego […]

Shampiyona y’Icyiciro cya Kabiri igeze aho rukomeye

Nyuma y’uko amakipe ane ya mbere mu cyiciro cya Kabiri ageze mu mikino ya kamarampaka, shampiyona y’izifuza kuzamuka yatangiye gucayuka igaragaza amakipe afite amahirwe yo kuzamuka. Mu gihe shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda mu Bagabo, no mu cyiciro cya Kabiri bageze aho rukomeye. Kugeza magingo aya, shampiyona y’icyiciro cya Kabiri mu […]