Gatete Jimmy yavuze icyatumye adakina i Burayi
Uwo Abanyarwanda bafata nka rutahizamu wa bo w’’ibihe byose, Gatete Jimmy uzahora mu mitima ya bo, yahishuye ko imvune yigeze kugira ziri mu byatumye adakina ku Mugabane w’i Burayi. Uyu mugabo wabaye rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, yavuze ko yagize amahirwe yo gukina i Burayi inshuro zitandukanye ariko imvune ntizimubanire. Ibi yabivugiye mu kiganiro “Urubuga rw’Imikino” […]