Imikino

Umwaka ushize Rayon Sports ntiyari iriho, ntabwo wakubaka ikipe mu mezi abiri- Masudi 

Umutoza wa Rayon Sports, Masudi Djuma yasabye abakunzi b’iyi kipe kwihangana kuko

Derby y’i Kigali: APR FC itsinze Rayon Sports 2-1 mu mukino w’ishiraniro

Mu mukino w’ishiraniro wari utegerejwe n’imbaga y'abantu benshi, Ikipe ya APR FC

Abasifuzi b’umukino wa Rayon Sports na APR FC bamenyekanye

Harabura amasaha 24 APR FC na Rayon Sports zigacakirana mu mukino w’abakeba,

Icyemezo cyafashwe, Ole Gunnar Solskjaer yirukanwe ku kazi ko gutoza Manchester United

Manchester United yirukukana uwari umutoza wayo Ole Gunnar Solskjaer nyuma y’uko iyi

Perezida Kagame yishimiye kongera kwitabira siporo rusange bizwi nka Car Free Day

Perezida Paul Kagame, kuri iki Cyumweru tariki 21 Ugushyingo 2021 yitabiriye siporo

Umutoza wa AS Kigali avuga kuri Seif ati “Ni nde udakosa? Hari abakora ibirenze ibyo yakoze”

Umutoza wa AS Kigali, Eric Nshimiyimana avuga ko nyuma yo kumenya ko

Ihagarikwa rya Stade Umuganda rikomeje guteza impaka hagati ya FERWAFA n’amakipe y’i Rubavu

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryamenyesheje amakipe ya Rutsiro FC, Etincelles

FERWAFA yasubije APR FC ko umukino wayo na Rayon Sports utazasubikwa

Ikipe ya APR FC yakiriye ibaruwa iyisaba kwitegura imikino ifite harimo n'uwa

Sam Karenzi wasezeye muri Bugesera Fc yatangaje ko atari ku “Isoko ry’akazi” mu makipe avugwamo

Umunyamabanga Mukuru wa Bugesera FC akaba n’umunyamakuru w’imikino mu Rwanda, Sam Karenzi

Basketball: Team Shyaka izakina na Team Ndizeye, umukino w’intoranywa mu bakinnyi beza mu Rwanda

Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda ‘FERWABA’ ryamaze gutangaza abakinnyi 24 bazaba

Niyonzima Seif yagaragaye mu mashusho abyinisha inkumi – Yahagaritswe mu ikipe y’Igihugu

* Ferwafa iramushinja imyitwarire mibi mu ikipe y’igihugu Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu

Amavubi yatsinzwe na Kenya asoza ku mwanya wa nyuma mu itsinda

U Rwanda rusoje ku mwanya wa nyuma n’inota rimwe risa mu mikino

Bwa mbere Nyanza FC yabonye intsinzi ku kibuga cyayo mu marushanwa

Kuva Nyanza FC FERWAFA yayemerera kugaruka mu marushanwa y'icyiciro cya kabiri bwa

FERWAFA yanyomoje amakuru y’umwuka mubi mu ikipe y’Igihugu

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryahakanye ko umukinnyi w’Amavubi Rafael York

Bizimana Djihad yasabye imbabazi ku ikarita itukura yabonye ati “twarwanaga ku gihugu”

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi ukina hagati mu kibuga Bizimana Djihad