Aruna Madjaliwa yatandukanye na Rayon Sports
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports, bwemeje ko Aruna Moussa Madjaliwa atagifatwa nk’umukinnyi…
Uwari umukozi w’Intara y’Amajyepfo yahanishijwe gufungwa imyaka 4
Nyanza: Urukiko Rukuru urugereko rwa Nyanza rwatesheje agaciro ubujurire bwa Kabera Vedaste…
Amagambo ya Gen Muhoozi yateje urunturuntu mu mubano wa Uganda na Congo
Leta ya ya Congo yahamagaje uhagarariye by'agateganyo ambasaderi wa Uganda muri icyo…
Rubavu: Ubuyobozi bwateye utwatsi icyifuzo cy’Abarasita
Umuyubozi w’Akarere ka Rubavu,Mulindwa Prosper, yavuze ko nyuma yo gusesengura ibaruwa yanditswe…
Kicukiro: Abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga bahinduriwe ubuzima
Abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga bakora mu ruganda rutunganya amata n’ibiyakomokaho…
Kayonza : Imbamutima z’abahinzi biteje imbere babikesha umushinga KIIWP
Bamwe mu bahinzi bo mu karere ka Kayonza bavuga ko kuri ubu…
Yagerageje gucika inzego, araraswa arapfa
Rwamagana: Kabera Samuel w’imyaka 33 yarashwe ahita apfa ubwo yageragezaga gucika Polisi…
I Nyanza bakiriye bate igihano ‘ Biguma’ yahawe ?
Hategekimana Philippe Manier uzwi nka Biguma yakatiwe n’Urugereko rw’Ubujurire mu Rukiko rwa…
U Budage bwemereye u Rwanda Miliyari zisaga 30 Frw
Guverinoma y’u Budage yemeye gutera u Rwanda inkunga y’asaga miliyari 30 Frw,…
Perezida Kagame yakiriye intumwa idasanzwe ivuye muri Angola
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Angola yageze i Kigali anagirana ibiganiro na Perezida…
Musanze: ‘Abasherisheri’ bari kugura ubutaka bwo ku Birwa nk’abagura amasuka
Abaturage batuye mu Birwa bya Ruhondo mu Murenge wa Gashaki mu Karere…
Ruhango: Hatashywe ikiraro cyatwaye arenga Miliyoni 81Frw
Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango bwatashye ikiraro gihuza Umurenge wa Ntongwe ho mu…
Umuyobozi w’ishuri akurikiranyweho kwica umuntu
Umuyobozi w’Urwungwe rw’amashuri rwa Nyarupfubire, Gatare Jacques, arashakishwa n’inzego z’umutekano akekwaho gukubita…
Etincelles FC yasubije amafaranga “Akarere ka Rubavu kayishyuza”
Etincelles FC yasubije amafaranga agera kuri miliyoni 3Frw yakoresheje mu buryo bunyuranyije…
Amashuri yasabwe gushimangira ko Huye ari igicumbi cy’uburezi
Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye bwasabye ibigo by'amashuri byo muri ako Karere gushimangira…