Inkuru Nyamukuru

Ingabo za Kenya zaburijemo igitero cyari kigambiriye abasivile muri Kivu ya Ruguru

Ingabo z'umuryango w'Afurika y'Iburasirazuba, ziri mu butumwa bw'amahoro muri Congo, EACRF, kuri

Abikorera mu Ntara y’Iburengerazuba bagabiye inka abarokotse Jenoside batishoboye

Nyabihu: Abikorera bo mu Ntara y’Iburengerazuba bagabiye inka 15 imiryango yarokotse Jenoside

FARDC yerekanye abagabye igitero kuri M23 i Kibumba

Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC zateye utwatsi kurasa umutwe

Itegeko “rivangura bamwe” muri Congo ryatumye America ihaguruka – Icyo warimenyaho

Uwahoze ari Ambasaderi akaba n'Umunyamabanga wa Leta  muri Leta Zunze ubumwe za

Musenyeri Habyarimana yitabye Imana

Musenyeri Simon Habyarimana wakoze imirimo itandukanye muri Diyoseze ya Ruhengeli, aho yanabaye

Guverinoma ya Sindikubwabo imaze guhungira i Muhanga Jenoside yahinduye isura

Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe abatutsi  mu Rwanda n'abatuye mu Mujyi wa

Kigali: Umukire yafatanywe magendu y’inzoga zihenze zifite agaciro ka za miliyoni

GASABO: Abantu batatu batawe muri yombi nyuma y'uko Polisi ibafatanye magendu y’inzoga

RDC: Iperereza “ryashyize hanze amabanga” yose ya Depite Mwangachuchu

Mu rubanza rwa Depite Édouard Mwangachuchu, Ubushinjacyaha muri Repubulika ya Demokarasi ya

Urukiko rwafashe icyemezo ku bakozi b’Akarere ka Nyanza na Gisagara bari bafunzwe 

Abakozi bo mu myanya yo hejuru mu Turere twa Nyanza na Gisagara

M23 yagabweho igitero ikimara kuva i Kibumba

Ubuyobozi bw’umutwe wa M23 buvuga ko kuri uyu wa Gatatu abarwanyi bawo

Kigali: Umuntu utamenyekanye yateye urugo rw’uwarokotse Jenoside

Umuntu kugeza ubu utaramenyekana yateye urugo rwa Ayabagabo utuye mu murenge wa

Bugesera: Abaturage basuhukiye mu wundi Murenge kubera inzara

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Nyarugenge, Akagari ka Gihinga mu

Gicumbi: Umukobwa uri mu kigero cy’ubwangavu yarohamye muri Muhazi

Umukobwa w'imyaka 16 witwa Berinka Ancilla wo mu Murenge wa Bukure, yarohamye

Kigali: Mu ijoro rimwe abajura bamuteye kabiri, bwa mbere bamutwaye Frw 600,000 baragaruka

Mu Murenge wa Rwezamenyo, mu karere ka Nyarugenge, abajura bitwaje intwaro gakondo

Umuturage umaze iminsi ararira amatungo ye “inyamaswa” yamuciye mu rihumye iyica yose

Nyagatare: Mu Murenge wa Matimba, mu ijoro ryo ku wa 09 Mata