Inkuru Nyamukuru

U Rwanda rwohereje mu mahanga ibifite agaciro ka miliyari 1.7$ hatarimo zahabu

Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi yatangaje ko ibicuruzwa u Rwanda rwohereza mu mahanga  hatarimo zahabu , mu mwaka  wa 2024-2025,  byazamutse ku…

Umuyobozi wa RIB na Polisi baganiriye n’uyobora Polisi muri Singapore

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y'u Rwanda CG Felix Namuhoranye, ari kumwe n’Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB , Col (Rtd)…

Rwiyemezamirimo watakambiye Umuvunyi Mukuru yongeye kumwenyura

Rwiyemezamirimo witwa Ntwari Patrick wambuwe ibirombe n’Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero, yongeye kubisubizwa  bivuye ku cyemezo cyavuye ku Muvunyi Mukuru. Mu…

DC Clement mu rukiko – “naganjwe n’umujinya”

Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement yaburanye ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo, asaba urukiko kumurekura aho yavuze ko yaganjwe n'umujinya. Niyigaba Clement…

Kigali – Yafashwe umusore ukekwaho kwambura no gusambanya abakobwa “bamenyaniye kuri WhatsApp”

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze Habarurema Jean D’amour ukurikiranyweho gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato abakobwa batandukanye abizeza akazi. Iperereza ryagaragaje ko…

RURA yahannye Canalbox kubera ibibazo bya  Internet

Urwego Ngenzuramikorere RURA, rwatangaje  ko rwafatiye ibihano GVA Rwanda Ltd (Canalbox) nyuma y’iminsi ishize havuzwe ibibazo bya Internet . Iki…

- Advertisement -
Ad image