Inkuru Nyamukuru

Kiyovu Sports ni yo yitwaye neza muri ‘derby’ itsinze Rayon Sports 2-0

Umukino uhenze, umukino uvugwa, umukino ushyushye, Kiyovu Sports ikomeje kwerekana ko ishaka

Kicukiro: Abatanga serivise z’ikoranabuhanga bahuguwe ku kubyaza umusaruro amahirwe bahabwa na Leta

Kuri uyu wa 18 Werurwe 2022 mu Karere ka Kicukiro hashojwe amahugurwa

Perezida Kagame na Lt.Gen Mahamat Idriss Déby basinye amasezerano y’ubufatanye

U Rwanda na Chad byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye hagati y’ibihugu byombi

Rutahizamu wa Etoile de l’Est afunzwe akekwaho kwiba televiziyo

Rutahizamu w’ikipe ya Etoile de l’Est y’i Ngoma Okenge Lulu Kevin yatawe

Cyuma Hassan wanyuzaga ibiganiro kuri YouTube yakatiwe igifungo cy’imyaka 7

Yaburanaga ubujurire nyuma yo gukatirwa imyaka 7 n'Urukiko Rukuru, kuri uyu wa

Perezida Kagame yakiriye General Mahamat Idriss Déby Itno uyoboye Tchad

UPDATED: Mu masaha y'igicamunsi kuri uyu wa Gatanu, Perezida Paul Kagame mu

Nyaruguru: Abagabo basabwe kugabanya amafaranga bajyana mu kabari bakayazigamira EJO HEZA

Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyaruguru bwibukije abagabo ko bagomba kugabanya amafaranga banywera ku

Gakenke: Hatashywe ikiraro cyo mu kirere cya Miliyoni 112 Frw

Abaturage bo mu Murenge wa Gashenyi mu Karere ka Gakenke bagorwaga no

Muhanga: Biogaz 339 zahubatswe 216 ntizikora, abaturage baratunga agatoki abazibahaye kubatererana

*Biogaz ye yaraturitse ivunagura insina iramanuka ajya kuyitora mu kabande Mu 2007

Rutsiro: Abagizi ba nabi batemye inka y’umuturage

Abagizi ba nabi bataramenyekana bitwikiriye ijoro maze batema inka y’uwitwa Bengifayida Constastine

Abaturage barasaba gusanirwa ikiraro gihuza Karongi na Nyamagabe

Abaturage bo mu Turere twa Nyamagabe na Karongi bahangayikishijwe n’ikiraro cya Nyabukono

MINIJUST yasabye ubufatanye mu guhashya ibifi binini birya ruswa

Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y'Ubutabera Mbonera Theophile yatangaje ko amategeko ahana ruswa

Abacukura amabuye y’agaciro basabwe kutangiza urugomero rwa Nyabarongo

Inzego zitandukanye zo mu Ntara y'Amajyepfo, zasanze ibikorwa by'ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro n'ubuhinzi

Itorero ridafite umwuka wera riba ar’imfubyi – Rev Uwambaje Emmanuel

Rev Uwambaje Emmanuel Umushumba w'Ururembo rwa Rubavu yabwiye abitabiriye igiterane cy'iminsi irindwi

Gupima umuriro ku marembo y’ahahurira abantu benshi ntibigikenewe- MINISANTE

Igikorwa cyo gupimira umuriro ahahurira abantu benshi cyari kimaze igihe kiri mu