Mu cyaro

Kirehe: Hari uvuga ko “Mudugudu yamusabye ku gitandukanya umugore n’umugabo” akimwimye aramwirukana

*Mudugudu avuga ko umugore ubivuga amuharabika, *Ikibazo inzego z’umurenge zarakimenye ndetse zigira

Gicumbi: Uko urubyiruko rwikura  mu bukene, bakora imbabura zirondereza ibicanwa 

Rumwe mu rubyiruko rw’Akarere ka Gicumbi ruvuga ko nyuma yo gufashwa kwiga

Nyamasheke: Ababyeyi basobanuriwe icyo amategeko y’u Rwanda ateganya ku gukuramo inda

Mu Karere ka Nyamasheke ababyeyi bafite abana bari munsi y'imyaka 18 babyariye

Yatsindiye ubutaka bwe none arasabwa gusubira mu rukiko, ngo agiye gusubira kwa Perezida

Musanze:  Nyirangoragore Helene umaze igihe kirekire aburana ubutaka, kugeza n’aho agiye kwa

Ruhango: Urubyiruko rwasabwe gushungura ibyandikwa ku mbuga nkoranyambanga

Mu bikorwa by'ukwezi kwahariwe ubumwe n'ubwiyunge, Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango bwasabye abakirikirana

Kayonza: Croix Rouge y’u Rwanda yatangiye gutanga Frw 180, 000 agamije kuvana abaturage mu bukene

Abaturage bo mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Kabarondo bagizweho ingaruka

Rusizi: Hakozwe umukwabo wo gushakisha abana bavuye mu ishuri

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 08 Kamena 2021, Ubuyobozi bw'Akarere ka

Guhakana no gupfobya Jenoside iyo bikozwe n’uwayirokotse biraremera – Ndayisaba

Muhanga - Mu muhango wo gutangiza ibikorwa by'ubumwe n'ubwiyunge ku rwego rw'Akarere,

Bugesera: Njyanama na Nyobozi bavuye mu biro bajya kureba uko abanyeshuri birinda Covid-19

Abagize Inama Njyanama y'Akarere ka Bugesera n'abafatanyabikorwa bako batangiye gukora ubukangurambaga mu

Nyamagabe: Imirire mibi yavuye kuri 51,8 % ubu igeze kuri 36,5%

Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyamagabe buvuga ko mu myaka 5 ishize, ikibazo cy'imirire

Kayonza: Hashyinguwe mu cyubahiro imibiri 226 y’abazize Jenoside yakuwe mu Cyuzi cya Ruramira

Guverineri CG Emmanuel Gasana yifatanyije n'abaturage barokotse Jenoside n'inshuti zabo mu muhango

Huye: Gahunda yo kubyara muri batisimu abafite imirire mibi n’igwingira iratanga icyizere

Ubuyobozi bw'Ikigo Nderabuzima cya Sovu, buvuga ko bwatangije gahunda yo kubyara muri

Kirehe: Abana bazwi nk’abamarine babaye ikibazo ku bacururiza Nyakarambi ‘ngo barabiba’

Abacuruzi bakorera mu isoko rya Nyakarambi riherereye mu Karere ka Kirehe bavuga

Nyagatare: Abaturage batambaye agapfukamunwa bavuga ko iwabo nta Covid-19 ihari

Bamwe mu baturage batuye mu Karere ka Nyagatare muri santire ya Cyanyirangegene

Kamonyi: Umusore wakubiswe na DASSO nyuma agakurwamo ijisho ari  mu gihirahiro 

Twiringiyimana Aimable utuye mu Murenge wa Nyamiyaga mu Karere ka Kamonyi uheruka