Mu cyaro

Rwamagana: Hashize imyaka 4 bizejwe guhabwa umuyoboro w’amazi amaso yaheze mu kirere

Ukeneye kwamamaza! Gusobanuza! Gutanga amakuru? Hamagara 0788772818 Abaturage bo mu Murenge wa

Polisi ishinzwe kuzimya inkongi yagobotse umusore wari umerewe nabi yahagamye mu giti

Rubavu: Polisi ikorera mu Karere ka Rubavu ishami rishinzwe kuzimya inkongi n'ubutabazi

Muhanga: Abazunguzayi ngo kujya mu bucuruzi bwo mu muhanda ni amaburakindi

Abazunguzayi mu Mujyi wa Muhanga bavuga ko gutandika ibicuruzwa byabo hasi, ari

Gasabo: Umugabo bamusanze mu giti amanitse bikekwa ko yiyahuye

Umurambo w’umugabo witwa Mpamira Marcel wari utuye mu Kagari ka Nkusi, mu

Ishuri ryahagaritse kugaburira abanyeshuri bitegura ibizami bya Leta barifitiye umwenda

Nyabihu: Abanyeshuri biga mu mwaka w'amashuri yisumbuye mu ishuri rya Kibihekane TVET

Umuturage udashyigikiye aho Akarere kashyize ivomo yafashwe asenya ibyari byubatswe

Rusizi: Kuri uyu wa 13 Nyakanga 2021 ahagana isaa kumi n'imwe z'umugoroba,

Gicumbi: Polisi yafashe 17 banywera inzoga yitwa ‘Dunda ubwonko’ mu rugo rwahinduwe akabari

Ku mugoroba wa tariki ya 12 Nyakanga ahagana saa tatu z’ijoro Abapolisi

Gicumbi: Abana 193 bari munsi y’imyaka 10 bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina

Ubuyobozi bw’Akarere buhangayikishijwe n’ikibazo cy’ihohoterwa ririri mu miryango by’umwihariko irishingiye ku gitsina

Rusizi: Mu murima w’umuturage hataburuwe imbunda irimo amasasu

Mu Kagari Gahinga, mu Murenge wa Mururu mu Karere ka Rusizi, abaturage

Nyanza: Abacuruza imyenda bajyanywe gukorera muri Stade barasaba gusubira mu isoko

Bamwe mu bacuruzi b'imyenda bajyanwe gucururiza muri stade y'Akarere ka Nyanza ntibavuga

Nyagatare: Gitifu w’Akagari n’abanyerondo barashinjwa gukubita abaturage

Hari abaturage bo mu Kagari ka Kagina mu Murenge wa Mukama mu

Rusizi: Abantu 72 bafatiwe mu ngo basenga barenze ku mabwiriza ajyanye na COVID-19

Ku wa Gatandatu w'iki Cyumweru dusoje, Polisi y'u Rwanda mu Karere Rusizi

Gisozi: Umugabo bamusanze amanitse mu giti bigakekwa ko yiyahuye

Umugabo uri mu kigero cy'imyaka 30  utaramenyekana umwirondoro we yasanzwe amanitse mu

Muhanga: Umugabo  n’umugore bombi bishwe na Cancer

Ngarukiye Alfred na Nyirabatunzi Chantal umugore we, bishwe n'indwara ya Cancer kandi

Gasabo: Umugabo yategeye umugore we mu nzira aramwica, ubu ntarafatwa

Umugabo wo mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo, yategeye umugore