Irondo ryafashe umugabo ukekwaho kwica umwana we “ngo atamuvamo kuko yari yibye ihene”
Umugabo w’imyaka 30 y’amavuko wo mu Karere ka Ngoma yatawe muri yombi…
Ruhango: Abasore n’inkumi batangiye urugendo rwo kujya mu ijuru n’amaguru
*Umwe yavuze ko yapfuye muri we hazukiramo undi muntu ku buryo uwo…
Muhanga: Umuforomo avugwaho guha impapuro mpimbano abarwaye COVID-19 bagataha
*Uyu muforomo yavunitse ivi asimbutse igipangu ubwo yari agiye gufatwa Umuforomo mu…
Guverineri Habitegeko yihanije abimurira utubari mu ntoki no mu ishyamba
Karongi: Guverineri w'Intara y'Iburengerazuba Habitegeko François yasabye abatuye Akarere ka Karongi, gushyira…
Ngororero: Umugabo yakubise ifuni umugore we ahita atoroka
Baraturwango François wo mu Murenge wa Ndaro, mu Karere ka Ngororero ari…
Abashoferi 4 bavanaga abantu i Kigali rwihishwa babajyanye mu Ntara y’Iburasirazuba bafatiwe nzira
Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Rwamagana yerekanye abashoferi bane batwara abagenzi…
Nyanza: Aho DASSO yakubitiwe kubera kanyanga yongeye kuhagaragara
Mu Mudugudu wa Gatongati, mu Kagari ka Karama mu Murenge wa Cyabakamyi,…
Umushoferi wa Nyanza Milk Industries yishwe n’impanuka y’imodoka y’uruganda
Ruhango: Impanuka y'imodoka y'uruganda rutunganya amata rw’i Nyanza yaguyemo umushoferi w'iyo modoka,…
Musanze: Habonimana wari urwariye Covid-19 mu rugo yasanzwe mu nzu yapfuye
Mu Kagari ka Cyabagarura, mu Murenge wa Musanze mu Karere ka Musanze…
Rubavu: Bamwe muri ba ba Gitifu b’utugari 7 baravuga ko begujwe ku gahato
Bamwe mu Banyamabanga Nshingwabikorwa b'Utugari 7 two mu Karere ka Rubavu barijujutira…
Ngororero: Justin Nsengimana yakoze indirimbo irwanya ibyangiza icyogogo cya Sebeya
Umuhanzi Justin Nsengimana ukomoka mu Karere ka Ngororero mu Murenge wa Muhanda…
Ngoma: Umwarimu wakosoraga ibizamini yasanzwe mu nzu yapfuye
Mu Murenge wa Jabana mu Karere ka Ngoma mu Ntara y'Uburasirazuba, mu…
Bugesera: Umugabo n’Umugore bumvikanye kwica umwana wabo bakamutaba mu rufunzo
Iradukunda Jean d'Amour n'Umugore we Mujawimana Diane bashinjwa gutaba mu rufunzo uruhinja…
Burera: Polisi yafashe litiro 329 za kanyanga n’ibiro 10 by’urumogi
Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka Burera ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano…
Musanze: Ubujura bw’inka bumaze gufata indi ntera mu Murenge wa Gacaca
Mu Murenge wa Gacaca mu Karere ka Musanze mu Majyaruguru y'u Rwanda,…