Mu cyaro

Abagore 626 bari bafungiye i Muhanga bimuriwe i Nyamagabe 

Abagore 626  agorororerwaga muri Gereza ya Muhanga bimuriwe mu igororero ry'iNyamagabe ho

Rusizi: Umugabo yagiye kugura utunini apfira imbere ya Farumasi

Umugabo uvuka mu Karere ka Nyamasheke washakiraga imibereho mu Mujyi wa Kamembe

Muhanga: Umuturage yavumbuye “igisasu” aho cyari giteze

Siborurema Célestin wo mu Mudugudu wa Naganiro, mu Kagari ka Remera mu

RUSIZI: Imodoka yo muri Congo yagonze umuntu

Imodoka ifite ibirango byo muri DRC  yavaga kuri Rusizi ya mbere ijya

UPDATED: Umwana wari washimuswe yagejejwe mu Rwanda

Bagabo Reponse w’imyaka 12, wari waburiwe irengero, ku gicamunsi cyo kuri uyu

Muhanga: Umugabo yakoze impanuka ihitana umugore we

Ishimwe Alice wakoraga umwuga w'Ubucuruzi mu Mujyi wa Muhanga, yatahanye n'umugabo we

Muhanga: Ubuzima bushaririye bw’uwabyaye imburagihe agashyirwa mu gikoni

Manirakiza Claudette umukobwa wabyariye iwabo, avuga ko abayeho mu buzima bubi kuko

Ruhango: Umugabo yakubise umwana we w’imyaka 6 arapfa

Mu Karere ka Ruhango haravugwa umugabo wakubise umwana w'umukobwa w'imyaka 6, bimuviramo

Muhanga: Abikorera bahishuriwe ahabitse ibanga ry’ubukungu-AMAFOTO

Abikorera bo mu Karere ka Muhanga, bagaragarijwe amahirwe aboneka muri aka Karere

Rubavu: Umugabo ukekwaho kwica mushiki we yarashwe “ashaka gutoroka”

Umugabo w’imyaka 45 wari ukurikiranyweho kwica mushiki we mu Karere ka Rubavu,

Gakenke: Uwagiye kwiha akabyizi ku mugore w’abandi yahuye n’uruva gusenya

Umugabo witwa Kanani Jean de Dieu wo mu Mudugudu wa Gikingo, Akagari

Ruhango: Hashyizwe ibigega bifata amazi ku ishuri ryasenyeraga abaturage

Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango buvuga ko bwahaye ishuri ribanza rya Kirengeli ikigega

Kamonyi: Umugabo w’imyaka 36 yasanzwe mu mugozi

Tuyizere Eric w'Imyaka 36 y'amavuko bamusanze mu rugo iwe  mu mugozi anagana,

Nyanza: Yibutse ko muri Jenoside hari uwamuhishe aramugororera

Umuturage wo mu murenge wa Busasamana, mu karere ka Nyanza yagiye gushimira 

Muhanga: Abaturiye Irimbi rya Munyinya ntibatekanye

Bamwe mu baturage baturiye irimbi rya Munyinya riherereye mu Murenge wa Shyogwe,