Ubutabera

Abagabo babiri bari guhigishwa uruhindu

Ruhango: Abagabo babiri bakekwaho kwica mugenzi wabo bagatoroka bari guhigishwa kuburirwa hasi no hejuru ngo baryozwe iicyo cyaha. Inzego zitandukanye…

Abahura n’ihohoterwa basabye kudahishira abaribakorera

Inzego zitandukanye mu Karere ka Gasabo zirasaba buri wese ufite amakuru ku ihohoterwa rishingiye ku gitsina cyangwa irindi hohoterwa kuyatanga…

Umugabo uregwa kwica umugore n’umwana yahawe igihano

Ngoma: Urukiko Rwisumbuye rwa Ngoma rwahamije Karamage Jean Claude icyaha cyo kwica umugore we n'umwana, rumukatira igifungo cya burundu. Uru…

Ibyari amasezerano y’ubwumvikane hagati y’u Rwanda na UK byabyaye impaka mu rukiko

U Rwanda rwagaragaje ko u Bwongereza bwaryozwa kwica amasezerano yo kwakira Abimukira, aho abahagarariye Guverinoma y'u Rwanda bagaragaje ko leta…

Umugabo uheruka gukatirwa igihano gisubitse arakekwaho kwica umugore we

Nyamasheke: Hari umugabo w’imyaka 44 ushakishwa n’inzego z’umutekano akekwaho kwica umugore bari babyaranye rimwe. Ni uwo mu mudugudu wa Gitwa,…

Urubanza rwa Micomyiza – Umutangabuhamya utarahigwaga muri Jenoside yateje impaka

Umunyarwanda Jean Paul Micomyiza alias 'Mico' yabwiye urukiko ko yatunguwe n'uko yashinjwe n'umuntu utarahigwaga, avuga ko uriya umushinja yabeshye urukiko…

- Advertisement -
Ad image