Ubutabera

Nyamasheke: Umusore wishe ababyeyi be na we YARASHWE

UPDATE: Ababibonye bemeza ko Eliezer yarashwe amasasu abiri agerageza gutoroka abashinzwe kumurinda,

Nyamasheke: Inzego z’umutekano zafashe umugabo wishe ababyeyi be bombi

Umugabo w'imyaka 34 washakishwaga nyuma yo kwica ababyeyi be ku wa Gatandatu,

Kigali: Umunya-Koreya y’Epfo wari wakatiwe imyaka itanu yagizwe umwere

Kuwa Gatanu ushize Urukiko rw’ubujurire rwahanaguyeho ibyaha byose Umunya-Koreya Jin Joseph yari

Umuganga ushinjwa gusambanya no kwica umukobwa wari ufite imyaka 17 yakatiwe

Musanze: Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwakatiye igifungo cy'imyaka 25 umuganga witwa Maniriho

Gitifu na Rwiyemezamirimo bakatiwe gufungwa imyaka 5 no gutanga miliyoni 25Frw

Muhanga: Urukiko  Rwisumbuye rwa Muhanga rwakatiye igifungo cy'imyaka 5  uwari Umunyamabanga Nshingwabikorwa

Polisi yahagurukiye abajura biba moto, imaze kugaruza eshatu mu gihe gito

Polisi y'u Rwanda ivuga ko ikomeje ibikorwa byo gufata abajura biba moto,

Umugabo wugamishijwe n’umukecuru agasiga amukoreye amahano yagejejwe mu Rukiko

Gicumbi: Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Gicumbi, rwagejeje imbere y’Urukiko umugabo w’imyaka

I Rubavu hafatiwe “amabule” ibihumbi y’urumogi

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Rubavu, ishami rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU),

Rubavu: Umutetsi w’ishuri ‘umukwikwi’ wahagarariye Akarere mu kwibuka yafunguwe

Umukozi ushinzwe gutekera abanyeshuri muri College Inyemeramihigo witwa Mbarushimana Jean Claude wari

Dr. Rutunga yasabye kurenganurwa “ngo nta bikoresho byo kwica Abatutsi yatanze”

Dr. Rutunga Venant wahoze ayobora muri ISAR Rubona kuri uyu 18 Nyakanga,

Muhanga: Umugabo yishe umugore we ahita ajya kwirega kwa Mudugudu

Munyankumburwa Alphonse w'imyaka 65 akurikiranyweho kwicisha Inkoni Nyirabazungu Marie w'imyaka 66 akajya

Umukozi ushinjwa kwica umwana mu rugo yakoragamo yasabiwe gufungwa BURUNDU

*Nyirangiruwonsanga yabwiye urukiko ko atishe Rudasingwa Devis *Ngo yemeye ko yamwishe kubera

Kamonyi: Umugabo ashinja bagenzi be “kumukuraho igitsina” ntibahanwa

Nyandwi wo mu Murenge wa Nyarubaka, mu Karere ka Kamonyi, arasaba ubutabera

Jenoside: Bucyibaruta “wicuza ko ntacyo yamariye Abatutsi”, yahanishijwe imyaka 20 y’igifungo

Urukiko rw'i Paris mu Bufaransa rwari rumaze amezi abiri ruburanisha Laurent Bucyibaruta

Rulindo: Yafashwe atwaye urumogi kuri moto arujyanye i Kigali

Ku wa Kane tariki ya 07 Nyakanga mu Karere ka Rulindo, Polisi