Ubutabera

Ikibazo cy’abagura Perimi z’inkorano mu mahanga cyavugutiwe umuti

Polisi y'u Rwanda yihanangirije abantu bose bazi ko bakoresha impushya zo gutwara

Nshimiye Joseph yasabiwe gufungwa by’agateganyo

Nyuma yo kuburana ku ifungwa n'ifungurwa by'agatenyo, Nshimiye Joseph na Barandinduka Serge,

Umukecuru wandikiye Perezida akarengane ke, yaburaniye i Nyanza aregwa inyandiko za Gacaca

Urugereko rw’Urukiko Rukuru rukurikirana ibyaha ndengamipaka rwaburanishije urubanza rw’ubujurire, Ubushinjacyaha buregamo umukecuru

Rwanda: Umwana uregwa gucuruza urumogi akatiwe igihano gisubitse

UPDATE: Nyuma y'igihe umwana w'imyaka (14) afashwe agafungwa, Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwaburanishije

Amabanga ku rupfu rw’umugenzi wateze Volcano Express imusiga nzira

Tekereza kuba uri umunyeshuri wavuganye n’umubyeyi wawe, akubwira ko ahagurutse i Nyanza

Umugore akurikiranyweho kwica umugabo afatanyije n’abana be

Gicumbi: Umugore w'imyaka  44  n'abana be bane kuwa Gatatu tariki ya 1

Abanyarwanda basabwe gutunga urutoki ahari ruswa

Urwego rw'Umuvunyi rwasabye abanyarwanda gutanga amakuru kuri ruswa ndetse no kugira uruhare

Ruhango: Umugabo arashinjwa gutema Nyina, mwishywa we n’Inka

Ubuyobozi bw'Umurenge wa Kinihira mu Karere ka Ruhango, buvuga ko hari umugabo

Gicumbi: Umurambo w’umugore wasanzwe mu gishanga

Mu Murenge wa Manyagiro, Akagari ka Kabuga, Umudugudu wa Mugera mu Karere

Nyanza: Umuganga ushinjwa gusambanya umwana yafatiwe icyemezo

Umuganga usanzwe ukora mu bitaro bya Nyanza aregwa icyaha cyo gusambanya umwana

Kicukiro: Polisi yacakiye umugabo wahanze umurimo utemewe mu Rwanda

Polisi y'u Rwanda yaguye gitumo umugabo wari warahanze uruganda akoreramo umurimo utemewe

Gasabo: Umugabo akurikiranyweho kwica umugore we

Umugabo uri mu kigero cy'imyaka 50  yatawe muri yombi n'Urwego rw'Ubugenzacyaha akekwaho

Abavoka bashya basabwe guca ukubiri na ruswa

Abavoka bagera kuri 231 barimo nibura abanyamahanga 150 kuri uyu wa 27

Urubanza rwa Nshimiye Joseph rwasubitswe

Urubanza rwo kuburana ku ifungwa n'ifungurwa by'agateganyo rwagombaga guhuza Nshimiye Joseph n'abandi

Nyaruguru: Uwahoze ashinzwe ubuzima yikomye abarimo Guverineri Habitegeko

Urukiko rukuru urugereko rwa Nyanza rwakomeje kuburanisha uwahoze ashinzwe ubuzima mu karere