Ubutabera

Uwo bikekwaho ko yibye arenga miliyoni, yafashwe asengerera inzoga abaturanyi be

Umugabo w’imyaka 37, yafatiwe mu kabari akekwaho kwiba amafaranga arenga miliyoni, mu

Urubanza rwa Prince Kid rwasubitswe ku munota wa nyuma

Ishimwe Dieudonne wamenyekanye nka Prince Kid byari biteganijwe ko azaburana ku wa

RIB yasohoye imyirondoro n’amafoto by’umugabo ushakishwa cyane i Kigali

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha rwatangaje ko rushakisha umugabo witwa SEBANANI Eric bahimba KAZUNGU,

Nyarugenge: Ukekwaho kwica umugore we arahigishwa uruhindu

Umugabo uri mu kigero cy'imyaka 36 wo mu Murenge wa Kimisagara, arakekwaho

AMAKURU MASHYA ku Munyamakuru wa Flash FM wakubitiwe i Nyagatare

Ubuyobozi bw'Umurenge wa Nyagatare, bwatangaje ko Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha rwatangiye iperereza ku

Umusore yafashwe habura gato umugambi “we wo kwiba moto ngo ugerweho”

Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Kicukiro ifatanyije n’izindi, yafashe umusore w’imyaka

Muhanga: Umugabo wishe mugenzi we yahawe igihano

Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga, rwakatiye umugabo wo mu Karere ka Muhanga wishe

Nyaruguru: Uwahoze mu buyobozi bw’Akarere yakatiwe igifungo adahari

Urukiko Rukuru urugereko rwa Nyanza rwakatiye igifungo Uzarazi wari ushinzwe ubuzima icyarimwe

Urubanza rwa Nshimiye Joseph rwasubitswe

Mu gihe hari hategerejwe Urubanza rwa Nshimiye Joseph na Barandinduka Serge rwo

Béatrice Munyenyezi yihannye Umucamanza umuburanisha bwa 2 – Imvo n’Imvano yabyo

Béatrice Munyenyezi woherejwe na USA yagaragaje kwihana Perezida w'inteko imuburanisha avuga ko

Bugesera: Uko umuherwe yambuye Mutesi Aisha isambu ikagenda ayireba

Mu gikorwa cyo kureba ibibazo by’akarengane gakorerwa abaturage mu karere ka Bugesera

Umunyenganda Mironko yakoreye icyaha mu Rukiko ahita afungwa

Urukiko rw’Ikirenga rwahanishije umunyenganda Mironko Francois Xavier igifungo cy’imyaka ibiri, harimo umwaka

Dr Kayumba wari ugiye kumara imyaka 2 muri Gereza yagizwe umwere

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagize Dr Kayumba Christopher umwere ku byaha yari

Nyamagabe: Uko umugore yivuyemo “bikamenyekana ko yishe umugabo we”

Umugore wo mu Karere ka Nyamagabe arashakishwa nyuma y'amakuru yamenyekanye ko yishe umugabo

Rubavu: Yarwaniye icyuma n’uwo “ashaka gukoresha ubutinganyi ku gahato”

Umugabo w'imyaka 30 yatawe muri yombi akurikiranyweho gushaka gusambanya umwana w'umuhungu w'imyaka