Ubutabera

Urukiko rwanzuye ko umunyemari Mudenge afunzwe byemewe n’amategeko

Kuri Uyu wambere Urukiko rwibanze rwa Nyaruge Rwemeje ko ikirego cya Mudenge

Nyanza: Batandatu batawe muri yombi bakekwaho uruhare mu rupfu rw’umusore waguye mu kabari

Mu Mudugudu wa Musenyi, mu Kagari ka Migina mu Murenge wa Muyira

Gatsibo: Arasaba ubutabera bw’umugore we warangaranywe n’ibitaro umwana akamupfira mu nda

Tuyizere Jean Bosco   wo mu Murenge wa Gitoki mu Kagali ka Nyamirama,

Nyanza: Animateur ari mu maboko ya RIB akekwaho gukomeretsa umunyeshuri amuziza Frw 200

Urwego rw'igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi  umukozi ushinzwe imyitwarire y’abanyeshuri (Animateur)

Mudenge warekuwe n’Urukiko ntafungurwe yareze Umuyobozi wa Gereza ya Nyarugenge

Umunyamari Mudenge Emmanuel umaze igihe afunzwe we n'abamwunganira mu mategeko bareze Umuyobozi

Cyuma Hassan wanyuzaga ibiganiro kuri YouTube yakatiwe igifungo cy’imyaka 7

Yaburanaga ubujurire nyuma yo gukatirwa imyaka 7 n'Urukiko Rukuru, kuri uyu wa

MINIJUST yasabye ubufatanye mu guhashya ibifi binini birya ruswa

Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y'Ubutabera Mbonera Theophile yatangaje ko amategeko ahana ruswa

Mugimba Jean Baptiste yahamijwe uruhare muri Jenoside akatirwa imyaka 25 y’igifungo

Urugereko rwihariye rw’Urukiko Rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka rwahamije Jean Baptiste

Urukiko rutegetse ko Umuyobozi wa Rwanda Housing Authority afungwa by’agateganyo

Urukiko rutegetse ko Umuyobozi wa Rwanda Housing Authority, Nshimyumuremyi Felix afungwa by'agateganyo

Urukiko rwategetse ko Karake Afrique ukekwaho ruswa afungwa iminsi 30 y’agateganyo

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wambere Urukiko rwibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko

Nyanza: Umuyobozi wa DASSO mu Murenge yatawe muri yombi

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Umuyobozi wa DASSO mu Murenge

Batanu bishe umusore bamukubise inyundo bafunzwe iminsi 30 y’agateganyo

Abasore batanu bakubise inyundo n’ibyuma uwitwa Manishimwe Vincent agapfa Urukiko rwabafunze iminsi

Urukiko rwategetse ko umunyemari Mudenge Emmanuel akomeza gufungwa

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ku wa Gatanu tariki 11 Werurwe 2022 rwateye

Rubavu: Batatu batawe muri yombi bakekwa kwiba Umunyamahanga

Polisi ikorera mu Karere ka Rubavu, ku wa gatandatu tariki ya 12

Karake ukora mu Rukiko rw’Ikirenga yigaramye ruswa ashinjwa asaba kurekurwa

Karake Afrique yabwiye urukiko ko Miliyoni 1,4Frw yafatanwe na RIB atari uburiganya