Kigali: Baratabaza kubera urugomo rw’abana banywera TINERI i Nyabisindu na Nyagatovu

I Nyabisindu mu Mujyi wa Kigali hadutse udutsiko tw’abana badukanye kunywa ikiyobyabwenge kirusha ubukana Kole, kikaba ari umuti usanzwe ukoreshwa mu bwubatsi uzwi nka TINERI ufungura irangi. Ni udutsiko tw’abana b’abahungu n’abakobwa bo mu kigero cy’imyaka 6 na 14, bagaragara nk’aho batagira iwabo ariko bahafite nk’uko bamwe babyivugira. Umunota ku munota muri Nyabisindu ahitwa mu […]