Ange Eric Hatangimana

1040 Articles

Atletico Madrid isezereye Barcelona mu mikino ya Champions League

Ikipe ya FC Barcelona yahabwaga amahirwe yo kwegukana igikombe cya UEFA Champions League uyu mwaka, urugendo rwayo rushyizweho akadomo na…

Uwatsinzwe amatora muri Benin yemeye ibyayavuyemo ashimira uwatsinze

Umugabo utavuga rumwe n'uwatsinze amatora ya Perezida muri Bénin, Paul Hounkpè yemeye ko yatsinzwe na Romuald Wadagni. Ni kimwe mu…

Perezida Kagame yahamagaye kuri telefoni mugenzi we wa Djibouti watsinze amatora

Perezida Paul Kagame yatangaje ko yagiranye ikiganiro kuri telefoni, na mugenzi we wa Djibouti Ismail Omar Guelleh watsinze amatora. Yavuze ko…

Nigeria – Habaye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi

Abanyarwanda baba muri Nigeria, abayobozi mu nzego za leta yaho n’iz’umutekano, abahagariye ibihugu byabo, abakozi b’imiryango mpuzamahanga n’inshuti bibutse ku…

Rwanda – DRC: Intumwa zavuye muri Kivu y’Epfo zasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

Itsinda ryagutse ry'abantu bagera ku 120 baturutse mu Ntara ya Kivu y’Epfo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo,…

DASSO yoroje inka umuturage warokotse Jenoside

Nyanza: Urwego rushinzwe kunganira akarere muby'umutekano (DASSO) rworoje inka umuturage warokotse jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 mu rwego rwo kumufata…

U Rwanda rwashimiye ibihugu byifatanyije na rwo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe yagaragaje ko u Rwanda rushimira ibihugu biri kumwe na rwo mu bikorwa…