Muhanga: Uwatorewe kuyobora Njyanama yahize gukura urubyiruko mu bushomeri
Nshimiyimana Gilbert watorewe kuyobora Inama Njyanama y’Akarere ka Muhanga, avuga ko azafasha Urubyiruko kwihangira imirimo bagasezerera ubushomeri. Iyi migabo n’imigambi Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Muhanga mushya, yabivuze mbere na nyuma yo gutorerwa izi nshingano. Nshimiyimana avuga ko ashingiye ku burambe afite n’akazi yagiye akora ko guhuza Urubyiruko rudafite imirimo n’amahirwe igihugu cyabahaye bizamworohera gushyira […]