Elisée MUHIZI

447 Articles

Miliyoni 9 z’amadolari zigiye gushorwa muri “Green Amayaga”

Umushinga wo kubungabunga Umuhora Nyungwe–Ruhango binyuze muri gahunda ya Green Amayaga ugiye gushorwamo miliyoni 9 z’amadolari y’Amerika mu gihe cy’imyaka…

Muhanga: Operasiyo ya Polisi yafatiwemo abantu 59

Polisi y’u Rwanda yafashe abantu bagera kuri 59 barimo abitwazaga intwaro gakondo n’abashora urubyiruko mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu buryo…

Kabgayi: Abarwayi bagaragaje agahinda baterwa n’abo mu miryango yabo

Bamwe mu barwayi bo mu Bitaro bya Kabgayi bagaragaje akababaro baterwa n’imiryango yabo yabatereranye, bagashimira ubuyobozi bw’Ibitaro bubitaho. Aka kababaro…

Umusaza yarohamye mu mugezi

Ruhango: Murwanashyaka Ananias w’Imyaka 74 y’amavuko yarohamye mu mugezi wuzuye bamukuramo yapfuye. Murwanahyaka Ananias yari atuye mu Mudugudu wa Ruhanama,…

Inkuru ibabaje y’umugore n’abana be bagizweho ingaruka zikomeye n’ibiza

Kamonyi: Mukamana Janvière wo mu Murenge wa Nyarubaka yabwiye UMUSEKE ko ibiza byamusanze iwe bishaka kumwica arokora ubuzima bisiga bishenye…

Guteza imbere abatuye mu cyaro ni byo bidushishikaje- Meya Nkusi

Umuyobozi w’Akarere ka Ngororero, Nkusi Christophe, yabwiye UMUSEKE ko bashishikajwe no guteza imbere ibice by’icyaro, umujyi ukaza ukurikiraho. Uyu muyobozi…

Abakozi babiri ba Sosiyete y’Abashinwa Building Corporation bishwe n’imashini

Nyamagabe: Amakuru UMUSEKE wamenye avuga ko hari impanuka y’imashini ikora umuhanda ikaba yishe abantu babiri. Ayo makuru avuga ko iyi…

Abakozi babiri ba EGECOR – CREDOR bahitanywe n’inkangu bari mu kazi

Ngororero: Ubuyobozi bw’Umurenge wa Muhanda, Akarere ka Ngororero, buvuga ko hari abaturage babiri bishwe n’inkangu undi  yamukomerekeje. Mu bishwe n’inkangu…

“Drones” za FARDC zongeye gukora ibara mu Minembwe

Amakuru atangwa na bamwe mu baturage, aremeza ko indege zitagira abapilote zo mu bwoko bwa "Drônes" zarashe mu Minembwe rwagati…

Muhanga: Komite Nyobozi nshya ya PSF yahawe umukoro

Komite Nyobozi nshya y’Urugaga rw’Abikorera mu Karere ka Muhanga yasabwe gushora imari mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro, mu nganda no mu…