Elisée MUHIZI

447 Articles

Kamonyi: Uwarokotse yerekanye ifoto y’uwanze kwica Abatutsi

Nsengiyumva Emmanuel umwe mu barokokeye i Rukoma yeretse abaje kwibuka ifoto y’uwanze kwica Abatutsi waje gupfa nyuma ya Jenoside. Yayerekanye…

Hari abagabo bafunzwe bakekwaho kwica umucuruzi

Huye: Inzego z’Umutekano zafashe abantu batatu bakekwaho kwica Karamira Aloys, usanzwe akora imirimo y’ubucuruzi bw’amafi. Urupfu rwa Karamira Aloys bakunze…

U Rwanda rwagize amahirwe yo kwibaruka Inkotanyi- Depite Kalinijabo

Mu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Depite Kalinijabo Barthélemy yavuze ko u Rwanda…

Inzego z’umutekano zafunze abagabo babiri n’umugore nyuma y’urupfu rw’umugabo

Ruhango: Urwego rw’Ubugenzacyaha bwataye muri yombi abagabo babiri n’umugore bakurikiranyweho icyaha cy’urugomo. Aba baturage 3, bafunzwe nyuma y'uko mu Kagari…

Abagabo babiri bari guhigishwa uruhindu

Ruhango: Abagabo babiri bakekwaho kwica mugenzi wabo bagatoroka bari guhigishwa kuburirwa hasi no hejuru ngo baryozwe iicyo cyaha. Inzego zitandukanye…

Minisitiri w’Intebe yahamije ko u Rwanda rutazatezuka ku kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside

Ubwo hibukwaga ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, Minisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin yavuze ko kurwanya Ingengabitekerezo…

Miliyari zisaga 6 Frw zigiye gushorwa mu ikorwa ry’umuhanda Cyakabiri-Nyabikenke

Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buvuga ko imirimo yo gukora umuhanda uva mu Cyakabiri ukagera ku Bitaro bya Nyabikenke uzatwara Miliyari…

Muhanga: Basanga abenshi mu bahakoze Jenoside ari abahavuka

Ubwo hibukwaga ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, abatanze ibiganiro bavuga ko abenshi mu bakoze Jenoside mu…

Impuguke mu ishoramari zemeza ko kugura impapuro mpeshamwenda byungura

Muhanga: Impuguke mu by’ubukungu zivuga ko gushora imari mu mpapuro mpeshamwenda bitanga Inyungu ku kigero cyo hejuru. Impuguke mu by’ubukungu…

HOWO yatwaye ubuzima abantu bane

Nyanza: Impanuka y’Imodoka yabereye mu Karere ka Nyanza, yatwaye ubuzima bw'abasore bane. Mu ijoro ryo ku wa 28 Werurwe, 2026…