Elisée MUHIZI

364 Articles

Muhanga: Urukiko rwatesheje agaciro ikirego cy’umuturage wahugujwe isambu

Urukiko rw'Ibanze rwa Nyamabuye rwanzuye ko ikirego cya Mukeshimana Uziya ,arega ikigo cy'ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro kidafite ishingiro rutegeka ko atsinzwe.…

Amajyepfo: Ruhango ni iya nyuma mu gutanga serivisi ku baturage

Ubushakashatsi bwakozwe n'Urwego rw'Igihugu rw'Imiyoborere(RGB) bwerekana ko Akarere ka Nyamagabe kari imbere mu Nkingi 3, Ruhango iza ku mwanya wa…

Muhanga: Abakora ubuzunguzayi imbere  y’Ibitaro barifuza  isoko

Abazanguzayi  bakorera ubucuruzi imbere y'Ibitaro bya Kabgayi bavuga ko aho  bakorera bahahawe na Diyosezi , bakaba babangamiwe na DASSO zibirukaho,…

Muhanga: Abakekwaho kwica umukecuru bamushinyaguriye batawe muri yombi

Polisi yo mu Karere ka Muhanga yafashe abagabo babiri bakekwa kwica Umukecuru Mukamuvara Saverine bamushinyaguriye. Nyuma y'uko hamenyekane urupfu rutunguranye…

Muhanga: Abagizi ba nabi bishe umukecuru bamushinyaguriye

Mukamuvara Saverine w'Imyaka 64 yiciwe aho yacuririzaga, bamumena ijisho bazirika n'amaguru. Urupfu rw'uyu mukecuru rwamenyekanye saa kumi nimwe n'igice z'umugoroba…

Muhanga: Umugabo yahishije Inzu ibirimo birakongoka

Habyarabatuma Slyvain wo mu Mudugudu wa Kabeza, Umurenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga yahishije inzu ibikoresho byo mu rugo…

Ruhango: Operasiyo ‘yo gushimuta’ abanyeshuri aho bigaga iravugwamo umuyobozi

Bamwe basohotse banyuze mu irembo Hari aburiye igipangu cy'ishuri basanga hari imodoka ibategereje Ubuyobozi bw'Ishuri ry'imyuga rya Heroes Integrated Technical…

Kirehe: Mu byumweru Bibiri hatanzwe udukingirizo dusaga ibihumbi 50

Ubuyobozi bw'Ibitaro bya Kirehe buvuga ko mu bukangurambaga bw'iminsi 14 hatanzwe udukingirizo 50.414 , ahantu hakunze guhurira abantu benshi kugira…

Muhanga: Barashinja uwari umuyobozi kunyereza amafaranga y’umutekano

Uzabakiriho Théophile wari Umukuru w'Umudugudu wa Kabeza by'agateganyo arakekwaho kunyereza amafaranga y'umutekano abaturage batanga buri kwezi, bakanamushinja kubabeshya ko bamuha…

Ruhango: Abiga mu Ndangaburezi barinubira  impungure bagaburirwa buri munsi

Abanyeshuri biga muri GS  Indangaburezi bavuga ko barambiwe no guhatirwa kurya  ibigori(Impungure)  mu ifunguro rya saa sita buri munsi. Aba…