Elisée MUHIZI

431 Articles

Imodoka yavuye muri parking igonga umugore utwite

MUHANGA: Imodoka yo mu bwoko bwa Daihatsu Dyna yari itwaye ibicuruzwa mu Isoko rya Muhanga, yivanye muri parikingi igonga umugore…

Muhanga: Imiryango 15 itishoboye yorojwe inka

Umushinga RW0879 mu Itorero EAR Paruwasi Murehe uterwa inkunga na “Compassion Internationale” woroje abaturage 15 batishoboye bafite abana. Ni igikorwa…

Umucuruzi akurikiranyweho kwica umumotari

Muhanga: Dusabe Gilbert w'imyaka 24 y'amavuko usanzwe utwara abagenzi kuri Moto mu Karere ka Muhanga, yatonganye n'umucuruzi witwa Ngendahayo Eric…

REG yemeye gusimbuza “Cash Power” z’abamaze amezi 3 mu kizima

RUHANGO: Sosiyete ishinzwe ingufu (REG), ishami rya Ruhango, ivuga ko igiye gukemura ikibazo cya “Cash Power” zakubiswe n’inkuba, hakaba hashize…

Kamonyi: Uwarokotse yerekanye ifoto y’uwanze kwica Abatutsi

Nsengiyumva Emmanuel umwe mu barokokeye i Rukoma yeretse abaje kwibuka ifoto y’uwanze kwica Abatutsi waje gupfa nyuma ya Jenoside. Yayerekanye…

Hari abagabo bafunzwe bakekwaho kwica umucuruzi

Huye: Inzego z’Umutekano zafashe abantu batatu bakekwaho kwica Karamira Aloys, usanzwe akora imirimo y’ubucuruzi bw’amafi. Urupfu rwa Karamira Aloys bakunze…

U Rwanda rwagize amahirwe yo kwibaruka Inkotanyi- Depite Kalinijabo

Mu muhango wo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Depite Kalinijabo Barthélemy yavuze ko u Rwanda…

Inzego z’umutekano zafunze abagabo babiri n’umugore nyuma y’urupfu rw’umugabo

Ruhango: Urwego rw’Ubugenzacyaha bwataye muri yombi abagabo babiri n’umugore bakurikiranyweho icyaha cy’urugomo. Aba baturage 3, bafunzwe nyuma y'uko mu Kagari…

Abagabo babiri bari guhigishwa uruhindu

Ruhango: Abagabo babiri bakekwaho kwica mugenzi wabo bagatoroka bari guhigishwa kuburirwa hasi no hejuru ngo baryozwe iicyo cyaha. Inzego zitandukanye…

Minisitiri w’Intebe yahamije ko u Rwanda rutazatezuka ku kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside

Ubwo hibukwaga ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, Minisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin yavuze ko kurwanya Ingengabitekerezo…