Elisée MUHIZI

464 Articles

Umwuzukuru arakekwaho kwica nyirakuru w’imyaka 93

Muhanga: Nyirabatutsi Thèrese w'imyaka 93 y'amavuko bikekwa ko yishwe n'umwuzukuru we Ukwizagira Védaste w'imyaka 32 y'amavuko usanzwe afite uburwayi bwo…

Umurambo w’umwana wabanaga na Sekuru wasanzwe ku mucanga

Kamonyi: Ubuyobozi bw'Umurenge wa Mugina, buvuga ko bwakiriye amakuru avuga ko hari umurambo w'umwana basanze ku birundo by'umucanga. Inkuru y'urupfu…

Kamonyi: Hibutswe abaganga, abarwayi n’abarwaza biciwe kwa muganga

Inzego zitandukanye z'Ubuyobozi bw'Akarere ka Kamonyi zibutse abakozi, abarwayi n'abarwaza biciwe mu Bitaro bya Remera Rukoma, no mu bigo Nderabuzima…

Abandi bakozi b’Akarere ka Nyamagabe bagiye kwisobanura

Abandi bakozi batatu b'Akarere ka Nyamagabe harimo Umuyobozi w'Ishami ry'uburezi mu Karere, Ushinzwe Imicungire y'abakozi  ndetse n'Ushinzwe inguzanyo za VUP…

RIB yatumije byihutirwa abakozi batatu b’Akarere ka Nyamagabe

Abakozi batatu b'Akarere ka Nyamagabe muri serivisi za 'One stop Center'' batumijwe na RIB byihutirwa basabwa kuba bageze i Huye…

Bayisenge yishyikirije Minisitiri ngo amwice – ubuhamya bwe muri Jenoside

Muhanga: Bayisenge Clémentine warokokeye Jenoside yakorewe Abatutsi i Nyabikenke, yabwiye abari mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 32 iyi…

Batatu bakurikiranyweho gutema no gukomeretsa abaturage

Ruhango: Abagabo batatu bakurikiranyweho gutema no gukomeretsa abaturage, bivugwa ko amakimbirane yatangiriye mu kabari. Ubuyobozi bw'Umurenge wa Mbuye, Akarere ka…

Impanuka yatwaye ubuzima bw’umugore utwite

Muhanga: Impanuka y'imodoka yari itwaye yahitanye umugore wari utwite witwa Mukarunyana Laurence, abo bari kumwe abagera kuri batandatu barakomereka. Iyi…

Umusore akekwaho kwica umubyeyi we “akigira mu bye nkaho ntacyabaye”

Muhanga: Nzayisenga Onesphore wo mu Karere ka Muhanga wari warekuwe n'imbabazi za Perezida wa Repubulika, arakekwaho kwica umubyeyi we (Nyina)…

Hagaragajwe ibyagezweho mu cyiciro cya mbere cya “Green Amayaga”

Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cyo kurengera ibidukikije (REMA), Kabera Juliet, yatangaje ko icyiciro cya mbere cy’umushinga wa Green Amayaga cyageze…