Polisi yo mu Ntara y'Amajyepfo yafashe umugabo wari umaze kwiba umucuruzi amafaranga menshi ari muri envelope n'andi ku ruhande. Umuvugizi…
Ubuyobozi bw'Akarere ka Gisagara buvuga ko kuri ubu mu gihe cyo gutanga amakuru y'abagizweho ingaruka n'ibiza, ibyiciro by'abantu bafite ubumuga…
Kamonyi: Sindayigaya Cyprien w’Imyaka 19 y’amavuko yaguye mu Mugezi, bagakeka ko yabitewe n’uburwayi bw’igicuri amaranye imyaka itatu. Sindayigaya Cyprien n’umubyeyi…
Muhanga: Polisi ikorera mu Murenge wa Kabacuzi, Akarere ka Muhanga yafashe abantu 9 harimo batanu bari bafite toni imwe n'ibiro…
Muhanga: Umugore arakekwaho icyaha cyo kwica Umugabo bivugwa ko yari aje kumukiza undi mugabo barwanaga. Uwizeyimana Alexis biravugwa ko yishwe…
Bamwe mu baturage bo mu Mujyi wa Muhanga barifuza ko mu ishyamba riri munsi y’Igororero hashyirwaho irondo ry’umwuga cyangwa uruzitiro,…
Abagize urugaga rw’abikorera mu Ntara y’Amajyepfo bavuga ko bamaze kwegeranya miliyoni 80 y’u Rwanda yo gufasha abarokotse Jenoside batishoboye. Ibi…
Urugaga rw’Abikorera mu Karere ka Muhanga rwashimiwe umusanzu rutanga mu iterambere ry’igihugu no gufasha abatishoboye. Ibi byavuzwe n’Ubuyobozi bw’Akarere ka…
Muhanga: Ubushinjacyaha bwasabiye abagabo 4 igihano cy’igifungo cy’imyaka icumi kuri buri wese, baregwa kudasobanura inkomoka y'imitungo bafite. Mu iburanisha ryabereye…
Ruhango: Tekereza umukobwa udafite ubushobozi, uvuka mu muryango ukennye, wabyaye abana batatu akabasigira umubyeyi we na we ukennye, nibwo buzima…
Sign in to your account