NDEKEZI Johnson

1091 Articles

RDB yahaye umugisha “Gym” ikora amasaha 24/24

Umuyobozi Mukuru w'Urwego rw'Igihugu rw'Iterambere (RDB), Francis Gatare yahaye umugisha  "Platnum Gym", inzu ikorerwamo imyitozo ngororamubiri ikora amasaha 24. Ni…

Reverence Worship Team yakoze indirimbo yinjiza abantu muri Noheli-VIDEO

Reverence Worship Team yashyize hanze indirimbo bise "Inkuru y'agakiza" igamije kwinjiza abakunda umuziki wo gusingiza Imana kwinjira muri Noheli neza.…

Kirehe: Basabwe kuzibukira ibitiza umurindi icuruzwa ry’abantu

Abaturage bo mu Karere ka Kirehe biganjemo abanyura mu nzira zizwi nka "Panya"  basabwe kubigendera kure  kuko bitiza umurindi ibikorwa…

Hatashywe uruganda rwa mbere ruvanga ifumbire mu Rwanda

Kuri uyu wa Gatatu taliki 20 Ukuboza 2023, hatashywe uruganda ruvanga ifumbire rwuzuye mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa…

Congo: Abanyamulenge bari gucurwa bufuni na buhoro

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi aherutse kwerura ko agiye gukuraho abo yise abanzi be, ngo badurumbanya…

Tshisekedi yeruye ko yarasa i Kigali yiyicariye i Goma

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yavuze ko igisirikare cya Congo gifite imbaraga zidasanzwe zo kurasa i…

Dr Munyemana yasabiwe gufungwa imyaka 30

Ubushinjacyaha mu Rukiko rwa Rubanda rw’i Paris mu Bufaransa, bwasabye ko Dr Munyemana Sosthène ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi…

Karisimbi Ent Awards 2023: Bwiza yegukanye ibihembo bibiri, Senderi ahacana umucyo

Eric Senderi, Bwiza, Alex Muyoboke, Tasha The Dj na Yago ni bamwe mu byamamare byegukanye ibihembo bya Karisimbi Entertainment Awards…

Abagore bo muri Green Party batindiwe n’amatora ya 2024

Kongere y’abarwanshyaka ba Democratic Green Party of Rwanda b’abagore biyemeje gushyigikira Dr Frank Habineza mu matora y’umwaka utaha no kubikangurira…

Gatsibo: Abatishoboye borojwe ihene biyemeje gutandukana n’ubukene

Abaturage bo mu Karere ka Gatsibo bari mu cyiciro cy'abatishoboye borojwe amatungo magufi abandi bahabwa amafaranga, baratangaza ko bafite inyota…