NDEKEZI Johnson

1091 Articles

Abanyamideli baserukanye imyambaro idasanzwe mu iserukiramuco ry’indabo – AMAFOTO

Ku nshuro ya mbere mu Mujyi wa Kigali habereye iserukiramuco ry’indabo ryiganjemo umwihariko w’imyenda itatswe n’indabo zitandukanye zikorerwa mu Rwanda.…

Urubyiruko rwiyemeje kugena ibikorwa rwifuza ko bijya mu ngengo y’imari

Umuryango w’urubyiruko witwa ‘Citizen Voice and Actions’ ufite intego yo kubaka ubushobozi bw’urubyiruko mu bijyanye n’imiyoborere wahurije hamwe abagera kuri…

Urupfu rwa Gitifu wari uzwi nka “Muntu w’Imana” rwashavuje benshi

Urupfu rwa Byukusenge Emmanuel bahimbaga "Muntu w'Imana" wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Rugera mu Karere ka Nyabihu rukomeje gushengura abarimo…

Burundi: Udafite miliyoni 100 ntaziyamamaza ku mwanya wa perezida

Mu gihugu cy'u Burundi haatangajwe ko umuntu ushaka kwimamamaza ku mwanya w'umukuru w'igihugu azajya abanza kwishyura miliyoni 100 z'amarundi, mu…

Nyamasheke: Imbwa 62 ziciwe mu mukwabu udasanzwe

Mu Karere ka Nyamasheke bari mu mukwabu udasanzwe wo guhiga imbwa z'inyagasozi zirya amatungo y'abaturage, ku ikubitiro izigera kuri 62…

Moïse Katumbi yahagaritse ibikorwa byo kwiyamamaza

Moïse Katumbi ukubanye na Perezida Tshisekedi mu matora y'umukuru w'igihugu yafashe icyemezo cyo gusubika by'agateganyo ibikorwa byo kwiyamamaza, anatangaza ibintu…

Imirwano ya FARDC na M23 yongeye guca ibintu muri Nyiragongo

Imirwano hagati y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za leta FARDC yasubukuye mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu i Kibumba muri…

BDF na Hinga Wunguke mu mikoranire yo gushyigikira abahinzi babuze ingwate

Ikigega gishinzwe guteza imbere imishinga mito n'iciriritse, BDF, cyasinye amazerano y'ubufatanye n'umushinga Hinga Wunguke, bikazafasha Abanyarwanda bafite imishinga y'ubuhinzi ariko…

Barasaba ko itegeko ryo gukuramo inda ku bushake rivugururwa

Mu itegeko riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange ryasohotse mu 2018 no mu iteka rya Minisitiri w’Ubuzima rya 2019, gukuramo inda…

Titi Brown agiye gusubizwa imbere y’inkiko

Umubyinnyi Ishimwe Thierry uzwi nka Titi Brown agiye gusubizwa imbere y'inkiko nyuma y'uko Ubushinjacyaha bujuririye icyemezo cy'Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge…