NDEKEZI Johnson

1091 Articles

Umu Jenerali uruta abandi mu Burundi yinjijwe gereza irinzwe cyane

Alain-Guillaume Bunyoni wahoze ari Jenerali ukomeye ku butegetsi bwa Petero Nkurunziza, akaba na Minisitiri w’Intebe ku butegetsi bwa Evariste Ndayishimiye,…

Guverinoma yashimye uruhare rw’idini ya Islam mu kwiyubaka kw’Abanyarwanda

Mu izina rya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, Minisitiri w'Ubutegetsi bw'igihugu, Jean Claude Musabyimana yashimye uruhare idini ya Islam…

Meya w’Akarere ka Rubavu yegujwe ku mpamvu zikomeye

Inama Njyanama y’Akarere ka Rubavu yeguje Kambogo Ildephonse wakayoboraga, ashinjwa kutubahiriza inshingano no kutarengera abaturage. Mu nama yabaye igitaraganya mu…

Musanze: Biyubakiye ibiro by’akagari bihagaze arenga miliyoni 15 Frw

Abaturage bo mu Murenge wa Muhoza Akagari ka Cyabararika by'umwihariko urubyiruko rw'abayisilamu rwo mu muryango urengera abatishoboye no guteza imbere…

Kaneza Sheja ufashwa na LEA Entertainment yasohoye indirimbo ya mbere- VIDEO

Kaneza Sheja wize umuziki mu ishuri ryo ku Nyundo ni we muhanzi wa mbere wasinyishijwe n'inzu ifasha abahanzi ya Leandre…

Rulindo: Polisi yaguye gitumo abantu 30 bishoye mu bikorwa bitemewe

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rulindo, ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano, iz’ibanze n’abaturage, yafatiye mu cyuho abantu 30…

UPDATED: Abagera kuri 200 bishwe n’imvura yibasiriye Kivu y’Amajyepfo

Sosiyete Sivile ya Kivu y'Amajyepfo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yatangaje ko imibare y'agateganyo yerekana ko abantu bagera kuri…

Dr Ngirente yageze i Burundi mu nama yiga ku mutekano wa Congo

Minisitiri w’Intebe w'u Rwanda, Dr Edouard Ngirente, yageze i Bujumbura mu Burundi aho yagiye guhagararira Perezida Paul Kagame mu nama…

Impuruza ku mutwe wo muri Congo witwara nk’Interahamwe zoretse u Rwanda

Amahanga yahurujwe guhagarika ubwicanyi bwa kinyamaswa bukorwa n'ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro rya 'Wazalendo' (abiteguye kwitangira igihugu) bafatwa nk'Interahamwe zoretse u…

Papa Francis yashenguwe n’Abanyarwanda 130 bishwe n’ibiza

Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku Isi, Papa Francis, yashenguwe n’Abanyarwanda 130 bitabye Imana bazize ibiza byibasiriye ibice bitandukanye by'Igihugu, avuga…