NDEKEZI Johnson

1091 Articles

Abapolisi babaswe n’inzoga n’umubyibuho ukabije bafatiwe ibyemezo

Leta ya Assam mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bw'Ubuhinde yatangaje ko Abapolisi babaswe n'agatama ndetse n'abafite umubyibuho ukabije bagiye gusezererwa. Minisitiri…

Ubutegetsi bwa Gisirikare bwongerewe igihe muri Kivu ya Ruguru na Ituri

Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatoye icyemezo cyo kongerera igihe gahunda izwi nka ‘état de siège’…

Umuryango wa All Gospel Today wasuye urwibutso rwa Gisozi -AMAFOTO

Umuryango All Gospel Today ( AGT) uhuriweho n'abahanzi ba Gospel, abanyamakuru n'abafite aho bahurira n'Iyobokamana mu Rwanda, basuye Urwibutso rwa…

Ibidamu by’i Kayonza ntibikibura amazi- AMAFOTO

Ntibimenyerewe ko abantu banywa ndetse bagakoresha amazi inka zatayemo amase zikanagangamo. Ibi ariko byabayeho mu Karere ka Kayonza ubwo kibasirwaga…

Kicukiro: ADEPR Gashyekero yahaye umuryango inzu y’agaciro ka miliyoni 8

Itorero ADEPR Gashyekero ku bufatanye n'Inshuti z'Itorero bashyikirije inzu ifite agaciro ka miliyoni 8 Frw umuryango utishoboye utagiraga aho urambika…

Karasira Aimable basanze indwara zo mu mutwe zimuri habi

Ibitaro byita ku bafite ibibazo byo mu mutwe, CARAES Ndera, byemeje ko Karasira Uzaramba Aimable wahoze ari umwarimu muri Kaminuza…

IPRC-Tumba yiteguye kuziba icyuho cy’umubare muke w’abakora mu nganda zikomeye

Mu Ishuri Rikuru ry'Ubumenyi ngiro rya Tumba, IPRC Tumba, hafunguwe ku mugaragaro inyubako y'Ishami rishya rya Mechatronics rizakarishya abanyeshuri bitegura…

Kayonza: Gufata neza ubutaka byateye ishoti amapfa umusaruro urazamuka

Muri 2016, Akarere ka Kayonza kahuye n’ikibazo cy’ibura ry’imvura ryateye amapfa, ingo zisaga ibihumbi 47 zabuze ibyo kurya, bituma Leta…

Huye: Barasaba ubutabera ku babo baguye mu kirombe kigashingwaho umusaraba

Abaturage baburiye ababo mu kirombe cyacukurwagamo amabuye y'agaciro mu murenge wa Kinazi mu karere ka Huye bagashakishwa bakabura barasaba ubutabera.…

Hari ubwo umara gatatu utarakora ku munwa- Abatuye i Mayange barataka inzara

Mu Murenge wa Mayange mu Karere ka Bugesera, abaturage bahangayikishijwe n'ibura ry'ibiribwa, byahumiye ku mirari nyuma y'uko hari abacuruzi bahisemo…