NDEKEZI Johnson

1091 Articles

U Rwanda rwungutse abahanga mu bujyanama n’isanamitima ku ihungabana

Abanyarwanda 24 basoje amasomo Mpuzamahanga ku bujyanama n'isanamitima ku ihungabana bari bamazemo imyaka irenga ibiri bayahabwa n'Inama y’Abaprotestanti mu Rwanda…

Abagaburira abanyeshuri barakangurirwa kuyoboka inyama z’Ingurube

Mu Nteko rusange yahuje ihuriro nyarwanda ry’aborozi b’ingurube, abagaburira abanyeshuri bakanguriwe kuyoboka inyama z'Ingurube kuko zikungahaye ku ntungamubiri ku buryo…

Kigali: Hateraniye inama Nyafurika igamije kwihutisha ubuyobozi bw’Abagore

Inama Nyafurika yitwa (Africa Soft Power Summit) yahuje abayobozi mu nzego zitandukanye, baturutse hirya no hino mu bihugu bya Afurika…

Fulgence Kayishema yagejejwe imbere y’Urukiko ku iyoherezwa mu Rwanda

Umunyarwanda Fulgence Kayishema ukekwaho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi n'ibyibasiye inyokomuntu yagejejwe imbere y'Urukiko rwa Cape Town muri Afurika y'epfo…

Urutonde rw’abatutsi bafunzwe na Leta ya Kinshasa n’ubuzima babayeho

Kuva mu 2021 intambara yongera kubura hagati y'umutwe wa M23 n'Ingabo za Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, abanyekongo…

Baravuga imyato Croix Rouge yabarinze ingorane zirimo kubyarira mu nzira

GISAGARA: Abaturage bagana Ibitaro bya Kibilizi mu Karere ka Gisagara bavuga ko nta mubyeyi ukibyarira mu nzira cyangwa ngo hagire…

Umuhanda wo muri Pariki ya Nyungwe, urimo ibinogo biteza impanuka

Abakoresha umuhanda wa ka burimbo uva cyangwa ujya i Rusizi unyuze muri Pariki y'Igihugu ya Nyungwe bahangayikishijwe no kuba warangiritse…

Minisitiri Munyangaju Aurore yanyomoje abavuze ko ari mu buroko

Minisitiri wa Siporo, Aurore Munyangaju Mimosa byavuzwe ko yatawe muri yombi akekwaho kwakira ruswa yagaragaye mu ruhame akurikira umukino wa…

Inkongi y’umuriro yongeye kwibasira agakiriro ka Gisozi – AMAFOTO

Agakiriro ka Gisozi gaherereye mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, kafashwe n’inkongi y’umuriro mu gice kibikwamo imbaho, kuri…

Gisagara: Abagabiwe na Croix Rouge y’u Rwanda boroje bagenzi babo

Bamwe mu baturage b’Umurenge wa Mukindo, mu Karere ka Gisagara bakuwe mu bukene bukabije na Croix Rouge y'u Rwanda, boroje…