NDEKEZI Johnson

1091 Articles

Menya Abapolisi Bakuru n’abato bazamuwe mu ntera

Ubuyobozi Bukuru bwa Polisi y'u Rwanda bwatangaje ko Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame yazamuye mu ntera abofisiye Bakuru…

Abanye-Congo 10 bishwe n’ibisasu muri Sudan

Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeje iyicwa ry'Abanyekongo icumi baguye mu gihugu cya Sudan kimaze iminsi mu mirwano imaze guhitana…

Gen Kazura yahererekanyije ububasha na Lt Gen Mubarakh Muganga

Nyuma y’uko Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, akoze impinduka mu gisirikare tariki 05 Kamena…

Habaye impinduka zikomeye mu buyobozi bw’Igisirikare cy’u Rwanda

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, akaba n’umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda, yahinduriye bamwe mu ngabo z’igihugu imirimo.…

Hateguwe ibiterane by’ibitangaza byatumiwemo Rose Muhando na Bosebabireba

Mu karere ka Bugesera n'i Rukomo ho mu Karere ka Nyagatare hagiye kubera ibiterane by’ibitangaza n'umusaruro  byatumiwemo Theo Bosebabireba na…

Abaturarwanda basabwe guca ukubiri na Pulasitiki ikoreshwa inshuro imwe

Minisiteri y'Ibidukikije irasaba Abaturarwanda guca ukubiri no gukoresha ibikoresho bya pulasitiki n'amasashi bikoreshwa inshuro imwe kuko bigira uruhare mu kwangiza…

Abarimo Rocky Kimomo begukanye ibihembo muri KIMFEST Awards 2023-AMAFOTO

Rocky Kimomo umaze kugwiza igikundiro mu ruganda rw'imyidagaduro mu Rwanda n'abiganjemo urubyiruko rwihebeye ibijyanye no kumurika imideli bahize abandi muri…

Theo Bosebabireba yatumiwe mu giterane cyo kurwanya ibiyobyabwenge i Burera

Theo Bosebabireba uri mu bahanzi bafite ibihangano bihembura benshi, yatumiwe mu giterane cyo kurwanya ibiyobyabwenge mu Karere ka Burera, cyateguwe…

Ubuziranenge bw’ibiribwa bwagaragajwe nk’intwaro mu kongera abasura u Rwanda

Abakora mu ruhererekane nyongeragaciro rw'ibiribwa no mu mahoteli bavuga ko kugera ku gipimo cyifuzwa cy'ubuziranenge rw'ibiribwa ari intambwe yo kongera…

Abana bahize abandi mu marushanwa yo kwandika bahawe umukoro

Abana 48 bo mu mashuri abanza n'ayisumbuye mu barenga 1000 bitabiriye amarushanwa yo kwandika ibitekerezo bishingiye ku buzima bwo mu…