NDEKEZI Johnson

1091 Articles

Ubukene, igwingira n’imirire mibi bishobora kuba amateka muri Kayonza

Abahinzi b'imbuto bo mu Karere ka Kayonza bavuga ko urugamba rwo kwibohora ubukene, igwingira n'imirire mibi barukozaho imitwe y'intoki, mu…

UPDATED: Intambwe ku yindi, menya uko Musenyeri Balthazar Ntivuguruzwa yahawe Ubwepisikopi 

UPDATES:  Saa 4:48 p.m: Minisitiri w'Intebe, Dr Edouard Ngirente wahagarariye Perezida wa Repubulika y'u Rwanda yifurije ishya n'ihirwe Musenyeri mushya…

Huye: Ubuziranenge bw’ibiribwa babwumva nk’umugani

Abanyarwanda bavuga ukuri ko akeza kigura ! ibyiza bivugwa mu biribwa si ingano cyangwa ibindi ni ukuba biri butange umusaruro…

Abo ku Musozi w’Ubumwe basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Ntarama

Umuryango Rabagirana Ministries usanzwe ukora ibikorwa by’Isanamitima n’Ubudaheranwa, wahurije hamwe abo mu matsinda y’abahawe inyigisho z’Isanamitima batuye mu Mudugudu wa…

Barasaba guhugurwa ku mabwiriza y’ubuziranenge busabwa mu buhinzi

Abahinzi mu bice bitandukanye by'Igihugu bagaragaza imbogamizi zo kutamenya byimbitse ku kwita ku buziranenge bw'ibiribwa busabwa mu buhinzi, bikaba bishobora…

Ba nyiri amahoteli barasabwa kutadohoka ku mabwiriza y’ubuziranenge

MUSANZE: Ba nyiri amahoteli n'abandi bo mu ruhererekane nyongeragaciro ku biribwa mu Karere ka Musanze barasabwa gukomeza kwita no guteza…

Kicukiro: Abagore n’abakobwa baritegura gusezerera ubukene

Abagore n'abakobwa 69 bo mu Murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro basoje amahugurwa, bamaze igihe cy'umwaka bakurikirana mu birebana…

Dr Habumugisha yitabiriye Inteko ya Loni yiga ku iterambere rirambye ry’Imijyi

Ambasaderi Dr. Habumugisha Francis yitabiriye Inteko rusange y'Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku miturire (UN-Habitat) iri kubera mu gihugu cya Kenya, igamije…

Marizamunda yashyikirijwe ububasha na Maj Gen Murasira yasimbuye muri MINADEF

Kuri uyu wa Gatatu Juvenal Marizamunda uherutse kugirwa Minisitiri mushya w’ingabo z’u Rwanda yashyikirijwe ububasha na Maj Gen Albert Murasira…

U Rwanda rukeneye miliyari 2$ buri mwaka yo guteza imbere ubukungu butangiza ibidukikije

U Rwanda rugaragaza ko hakenewe miliyari 2 z'amadorali ( arenga miliyari 2000 mu mafaranga y'u Rwanda) buri mwaka yo gukoresha…